Tags : Presidency

Muhanga: Abanyamadini basabye ko Kagame yayobora indi myaka 21

Kuri uyu wa mbere mu nama yahuje  itsinda ry’abadepite  mu Nteko Nshingamategeko,  abayobozi  b’amadini, n’ibigo by’igenga  bikorera  mu karere ka Muhanga,  bamwe muri bo basabye ivugururwa  ry’ingingo y’101  kugira ngo Perezida  Paul Kagame ahabwe manda eshatu z’imyaka irindwi. Iyi nama yabereye mu karere ka Muhanga igamije  guha abaturage umwanya ngo basobanure impamvu zatumye bandikira Inteko Nshingamategeko […]Irambuye

Amafoto: Tujyane mu bukerarugendo mu busitani bwa Red Rocks

Red Rock Center ni ikigo gicuruza imitako y’ubugeni bugaragaza umuco wa Kinyarwanda by’umwihariko uw’abantu batuye i Musanze, ariko by’umwihariko hakaba hari ubusitani butuje. Iki kigo kiri muri km nyeya uvuye mu mujyi wa Musanze gituranye n’Ishuri rya Nyakinama. Red Rocks, ntabwo ari urutare rutukura nk’uko wabyumva. Ni ahantu hatunganyijwe neza hari inyubako gakondo zijyanye n’ubukerarugendo […]Irambuye

Runyinya Barabwiriza yagizwe umwere ku byaha bya Jenoside

26 Werurwe 2015 – Urukiko Rukuru mu Rwanda rwahanaguyeho ibyaha byose Dr Runyinya Barabwiriza wahoze ari umujyanama wa Prezida Juvenal Habyarimana, uyu yari yaragizwe umwere n’urukiko rwisumbuye rwa Huye. Kuri uyu wa kane nibwo Urukiko Rukuru rwategetse ko Dr Barabwiriza akomeza kuba umwere ku byaha bya Jenoside yari akurikiranyweho n’ubushinjacyaha. Uyu yafunzwe imyaka 16 aza […]Irambuye

Abajura bambura abagore amasakoshe, abapfumura inzu,… baburiwe

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye yasabye abakora ubujura butandukanye byitwa ko ari buto kubureka, kuko ngo bafatiwe ingamba zikomeye ku buryo bitazabagwa amahoro. Minisitiri Busingye yabivuze nyuma yo kurahiza abahesha b’inkiko batari ab’umwuga, aba bakaba basabwe kurangiza imanza nyinshi zaciwe ariko na n’ubu abazitsinze bakaba batarahabwa ibyo batsindiye. Yagize […]Irambuye

en_USEnglish