Tags : Ombudsman Rwanda

Me Nkanika uregwa ruswa aravugwaho gutinza nkana urubanza

*Ubwo yazanwaga kuburana ngo yakubitanye umutwe n’undi mugororwa ahita ata ubwenge Kuri uyu wa 18 Nyakanga, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasubitse ku nshuro ya gatatu urubanza ruregwamo Me Nkanika Alimasi wari kuburana kw’ifunga n’ifungurwa by’agateganyo ukurikiranweho icyaha cya ruswa. Uyu munyamategeko usanzwe yunganira abandi mu nkiko avuga ko arwaye ndetse ko ubwo yazanwaga kuburana mu […]Irambuye

Avoka uregwa ruswa yiyemerera ko hari uwo yabwiye ko azamusengerera…

*Uregwa ngo hagaragazwe Abacamanza yahaye ruswa kandi bazanwe mu rukiko, *Avuga ko atari umukozi wo mu rwego rw’Ubucamanza nk’uko bivugwa n’Ubushinjacyaha, *Yari yunganiwe n’Abavoka batatu…Iburanisha ryakurikiranywe n’Abavoka benshi,… Me Nyiramikenke Claudine usanzwe akora umwuga wo kunganira abandi mu nkiko kuri uyu wa 13 Nyakanga yagejejwe imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aregwa kwaka ruswa abakiliya be […]Irambuye

en_USEnglish