Tags : Olivier Kwizera

Inyogosho zidasanzwe ku bakinnyi bavuye muri APR FC, ngo ni

Inyogosho n’imisatsi idasanzwe ni ikintu kitamenyerewe muri APR FC, gusa bamwe mu bakinnyi bayivuyemo uyu mwaka bahinduye imisatsi bidasanzwe, basigamo amarangi, ngo ni ukugaragaza ibyishimo kuri bamwe, kandi ngo ni impinduka izagera no mu kibuga. Bamwe mu bakinnyi basohotse muri APR FC bari bafite imisatsi isanzwe (biyogoshesha ibyo bita ordinaire), baragaragara mu isura itandukanye n’iyo […]Irambuye

Olivier Kwizera ntakigiye South Africa, na APR FC yamwirukanye

Olivier Kwizera umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, ntazajya muri South Africa kubera ikibazo cy’ibyangombwa, kandi na APR FC ntikimufitiye umwanya. Kwizera yabwiye Umuseke ko ubu ari gushaka indi kipe mu Rwanda. Olivier Kwizera yari yarumvikanye na Baroka FC yo muri Africa y’epfo, ariko uyu musore yagize ikibazo cy’ibyangombwa. Yari amaze ibyumweru bitatu muri Uganda ashaka Visa […]Irambuye

Rayon Sports iguye miswi na APR FC 0 – 0

Mu mikino ya Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda kuri uyu wa gatandatu amakipe yose yanganyije, umukino wari utegerejwe cyane ni uwa Rayon Sports nazo zanganyije n0-0 kimwe na Police FC inganya na Sunrise 1-1. Rayon Sports yakinaga idafite umutoza David Donadei wahagaritswe icyumweru ashinjwa kugumura abakinnyi, ariko uyu mugabo yagaragaye yicaye mu bafana, ikipe itozwa […]Irambuye

Bakame ‘yanze gusubira muri APR’ asinya amasezerano mashya muri Rayon

Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Jean Luc Ndayishimiye bita Bakame umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports yongereye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe nk’uko byemezwa n’ubuyobozi bwa Rayon. Amakuru agera k’Umuseke yemeza ko uyu mukinnyi yifuzwaga na APR FCariko akaba atifuje gusubira muri iyi kipe yahozemo. Tariki 13 Nyakanga 2013 nibwo Bakame yari yasinye […]Irambuye

en_USEnglish