Tags : NUDOR

Rusizi: Guheza no gutoteza abafite ubumuga biracyariho

Masikini Theodore ufite ubumuga, yemeza ko abafite ubumuga bahura n’ihohoterwa ahantu hatandukanye, haba mu isoko, kwa muganga cyangwa ku ishuri. Ubwe yemeza ko ahura kenshi n’iki kibazo. Agira ati: “Iyo tugiye hirya no hino mu turere twacu haba mu isoko, kwa muganga cyangwa ku ishuri birahaba.” Avuga ko umuntu ufite ubumuga iyo agiye kwiga usanga […]Irambuye

Ururimi rw’amarenga rushobora gukoreshwa n’umuntu wese- Kellya

Nyuma y’amezi atatu habayeho ubukangurambaga bwiswe “Sign Your Name” ijwi ry’abatumva, (Media for the Deaf Rwanda) iratangaza ko bakira ubusabe bw’abantu benshi basanzwe bumva ndetse bavuga, ariko bashaka kwiga ururimi rw’amarenga. Ururimi rw’amarenga rushobora gukoreshwa n’umuntu wese, yaba ufite ubumuga bwo kutumva cyangwa kutavuga cyangwa utabufite. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na Kellya Uwiragiye umuyobozi wa […]Irambuye

Abatabona barasaba Leta ko inyunganirangingo zabo na mutuelle yajya izitanga

Abafite ubumuga bwo kutabona baratabaza Leta kubafasha ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Sante) ikajya ibafasha kubona inyunganirangingo zabobakenera mu buzima bwa buri munsi ngo kuko zirahenze cyane, bityo nabo babashe kubaho nta nzitizi. Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke uhagarariye abafite ubumuga bwo kutabona mu Rwanda Kanimba Donathile yavuze ko bahura n’inzitizi nyinshi zitandukanye mu buzima bwabo […]Irambuye

Kigali: Abatabona banenga ko badahabwa amahirwe yo kwigaragaza

Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bibumbiye muri NUDOR(National Union of Disabilities Organisations of Rwanda) babwiye abanyamakuru ibyiza byo gukoresha icyumba kihariye kirimo umwijima mwinshi  aho bahokera ibiganiro bifasha gutekereza bita Dialogue in the Dark. Baboneyeho akanya ko kwibutsa ba rwiyemezamirimo ko nabo bashoboye, ko bagomba guhabwa amahirwe yo gukora nk’abandi. Aba bafite ubu bumuga […]Irambuye

en_USEnglish