Tags : Nsengimana Philbert

Karongi: Min Nsengimana yanenze abafunga ahagenewe gukoreshereza ikoranabuhanga

Mu ruzinduko yagiriye mu Karere ka Karongi mu bukangurambaga bwo gukoresha ikoranabuhanga, Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga mu Isakazabumenyi, Jean Philbert Nsengimana yanenze abafunga ibyumba mpahabwenge (ni utuzu twubatswe na BDF mu turere). Minisitiri Nsengimana yavuze ko ibyumba mpahabwenge bikingiranwamo ibyuma by’ikoranabuhanga kandi barabibahaye ngo bigirire akamaro abaturage. Yatanze urugero ko ubwo basuraga ahari ibikoresho by’ikoranabuhanga i […]Irambuye

Gasabo: Umuyobozi wungirije w’akarere yatanze inama ku rubyiruko rwa AERG

Kuri uyu wa gatandatu tariki 12 Werurwe 2016 Umuyobozi w’akarere ka Gasabo wungirije ushizwe ubukungu Mberabahizi Chretien Raymond yabwiye urubyiruko rwibumbiye mu muryango w’abanyeshuri n’abarangije kwiga barokotse Jenocide yakorewe Abatutsi AERG & GAERG ko rutandukanye n’urubyiruko rwasenye ibyo igihugu cyari cyaragezeho. Uyu muyobozi yabivugiye mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo ubwo urubyiruko rwa […]Irambuye

Uwanyirigira ni we Muhuzabikorwa mushya w’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko

Uwanyirigira Clarisse yasimbuye Shyerezo Norbert, mu matora ya komite nyobozi y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko ku rwego rw’igihugu, yabaye  ku wa Gatanu tariki ya 4 Werurwe 2016 i Kigali. Ingigo ya 14 yo mu itegeko No 001/2016 ryo ku wa 5 Gashyantare 2016 rigena imikorere y’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko, nk’uko ryavuguruwe, hatorewe imyaka y’Umuhuzabikorwa; Umuhuzabikorwa wungirije; Umunyamabanga; Ushinzwe […]Irambuye

Kamonyi: Uko Mbarushimana yinjiza Frw 120 000 ku kwezi

Mbarushimana Eric ni umusore w’ibigango, afite imyaka 26 yatangarije Umuseke ko aho akorera ku gasantire ka Kamonyi, abasha kwinjiza amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana na makumyabiri ku kwezi akura mu bukanishi bw’amagare na moto no gushyira umuriro muri telefoni bakamwishyura amafaranga. Uyu musore uvuga yisekera iyo muganira, twamusanze mu kagari ka Nkingo mu murenge wa […]Irambuye

Kayonza: Abaturage barashinja akarere kubaka nabi agakiriro bikabateza igihombo

*Imyaka itatu irirenze abaturage baranze gukorera muri ako gakiriro, ubu katangiye kwiyasa imitutu, *Hirengagijwe bimwe mu by’ingenzi bikenerwa mu gakiriro, abaturage banze kugakoreramo. Abaturage bakora ibikorwa by’ubukorikori mu karere ka Kayonza mu Ntara y’Uburasirazuba bavuga ko bahangayikishijwe bikomeye n’ibihombo baterwa n’itinda ry’isozwa y’imirimo y’inyubako y’agakiriro bagomba gukoreramo ubucuruzi bwabo mu buryo burambye, ibi ngo biterwa […]Irambuye

Tuyisenge yarangije KIST mu 2012 akoresha abakozi 11, afite inama

*Uyu musore ukiri muti yarangije Kaminuza mu 2012, ashinga kampani ikora ikanubaka ‘pavees’ *Gutangira biragora na we byaramutonze asubira kuri 0 nyuma arazanzamuka ubu ahagaze bwuma, *Hari ibigega byemera gufasha imishinga y’urubyiruko, icyambere ni ugutinyuka. *Yatsindiye igihembo cy’indashyikirwa mu imurikagurisha rya ba rwiyemezamirimo bakiri bato. Tuyisenge Emmanuel ni umusore uri mu kigero cy’imyaka hagati ya […]Irambuye

en_USEnglish