Tags : Nizar Khanfir

Nizar Khanfir watozaga APR FC yasezeye

Umunya-Tunisia watozaga APR FC, yamaze gusezera abakinnyi n’abakozi bakoranaga, nyuma yo kwegukana igikombe cya Shampiyona 2015-16, no gutsindirwa ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro na Rayon Sports. Kuri uyu wa kane tariki 8 Nyakanga 2016, nibwo APR FC yegukanye igikombe cya Shampiyona idakinnye, kuko Rayon Sports iyikurikiye yatsinzwe na Muhanga FC 1-0, byemeza ko imikino […]Irambuye

APR FC ubu niyo ifashe umwanya wa mbere, itsinze Mukura

APR FC ubu niyo ifashe umwanya wa mbere wa shampionat by’agateganyo nyuma yo gutsinda Mukura Victory Sports iyisanze i Huye kuri stade yayo, umukino wa mbere ukomeye Mukura yari yakiriye kuri stade nshya. Rayon Sports yari kuguma ku mwanya wa mbere iyo itanganya na AS Kigali kimwe kuri kimwe, ni mu mikino y’umunsi wa 17 […]Irambuye

Yanga Africans igeze i Kigali, ije guhangana na APR FC

Yanga Africans bita Wana-Jangwani igeze i Kigali ahagana saa yine n’igice kuri uyu wa kane, ije mu Rwanda gukina na APR FC umukino ubanza mu marushanwa y’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa, izanye abasore bayo bazwi mu Rwnada nka Haruna Niyonzima na Mbuyu Twite. Umukino uzaba kuwa gatandatu kuri Stade Amahoro. Yanga ije mu […]Irambuye

APR FC yaba yazanye umutoza uvuye muri Tunisia

Nizar Khanfir yemereye Radio MosaiqueFM y’iwabo ko yemeye kuza mu ikipe ya APR FC ku masezerano y’amezi atandatu azongerwa bahereye ku musaruro azantanga. Ikipe ya APR yo kugeza ubu ntiremeza iby’aya makuru. Nizar Khanfir aherutse kwirukanwa mu ikipe ya Stade Gabésien amaze gutsindwa bibiri ku busa n’ikipe ya Club Sportif Sfaxien. Uyu mutoza wo muri […]Irambuye

en_USEnglish