Tags : NISR

Mu gihembwe cya mbere cya 2017 GDP y’u Rwanda yazamutseho

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP) mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2017 wabaye miliyari 1 817 Frw, mu gihe mu gihembwe cya mbere cya 2016 wari 1 593 Frw. Ni ukuvuga ko wazamutseho 1.7%. Mu musaruro mbumbe w’igihugu wa miliyari 1 817 wabonetse hagati ya Mutarama na […]Irambuye

Karongi: Abaturage bataye icyizere ku musaruro wo gukoresha Biogas

Hirya no hino mu karere ka Karongi igikorwa cyo gucana bakoresha Biogas kirasa n’aho kimaze gukendera kuko zitagikoreshwa. Izakozwe mbere zarapfuye ntizikora, abaturage bakavuga ko biogas zabo zikunda gupfa bikabatera kwibaza icyatumye bazitabira. Gahunda yo gukwirakwiza Biogas mu byaro ni umwe mu mihigo iri kugenda gake ugereranyi n’indi nk’uko Perezida w’inama njyanama y’akarere yateranye kuri […]Irambuye

Kigali ku isonga mu kajagari kari kuri 65,7%. Mu gihugu

Kuri uyu wa 19 Kanama mu kwerekana ibyavuye mu ibarura rusange ryo muri 2012, kuri uyu wa 19 Kanama ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare  kerekanye ko umujyi wa Kigali uza imbere mu miturire y’akajagari ku gipimo cya 65,7% mu gihe mu gihugu imiturire nk’iyo iri ku gipimo cya 14,1%. Imibare itangwa n’iri barura rusange ryakozwe mu […]Irambuye

Ubukungu bw’u Rwanda bw’umwaka wa 2014 buratanga icyizere

Imibare mishya y’ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare “National Institute of Statistics of Rwanda (NISR)” iragaragaza ko mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2014, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 7,4%, ibi bigatanga icyizere ko ubukungu bw’igihugu muri uyu mwak bushobora buzaba buhagaze neza. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na NISR, rigaragaza ko iki gipimo cya 7,4 kiri hejuru ugereranyije […]Irambuye

en_USEnglish