Tags : Never Again

Gicumbi: Abaturage bavuga ko imihigo yose batayigiramo uruhare

Mu kiganiro kigamije kureba uruhare abaturage ba Gicumbi bagira mu mihigo bafatanyije n’ubuyobozi bw’Akarere, by’umwihariko abatuye mu murenge wa Rutare, abaturage basaba ko imihigo yateganyijwe yajya ibageraho hakiri kare. Bamwe mu murenge wa  Rutare bavuga ko imwe mu mihigo ishyirwa mu bikorwa babizi hakaba indi iri ku rwego rwo hejuru ku karere badasobanukirwa, bagasaba ko […]Irambuye

Amateka azabaza EAC icyo yamariye Uburundi- Prof Munyandamutsa

Kuri uyu wa gatanu ubwo ubuyobozi bwa Never Again Rwanda bwagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru i Kigali, Dr. Nasson Munyandamutsa ukuriye uyu muryango yavuze ko aho ibintu bigeze mu Burundi, Umuryango w’Africa y’Iburasirazuba ariyo ikwiye gufashaka umuti, bitaba ibyo amateka akazabaza icyo uyu muryango wamariye Abarundi. Iki kiganiro cyari kigamije gusobanurira abanyamakuru aho igikorwa cyo kumenyesha abanyeshuri […]Irambuye

Sobanukirwa icyaha cy’Ingengabitekerezo ya Jenoside

Buri mwaka, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bahurira hamwe mu bikorwa byo kwibuka miliyoni irenga y’Abatutsi bishwe muri Jenoside yabakorewe muri Mata 1994 mu rwego rwo kubasubiza icyubahiro bambuwe. Iminsi 100 yo kwibuka isobanura iminsi 100 y’itsembwa ry’Abatutsi itangira kuva kuri buri tariki ya 7 Mata. Ni igihe cyo kwibuka no gusobanukirwa neza amateka, kwegera no […]Irambuye

Ubushobozi bw’Umudugudu mu gutegura kwibuka burashidikanywaho

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 07 Mata 2015 u Rwanda rwatangiye icyumweru cy’icyunamo hibukwa kunshuro ya 21 Abatutsi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri mata 1994, akaba ari nabwo bwambere mu Rwanda iki gikorwa kizajya kibera ku rwego rw’umudugudu. Ubwo Umuseke wageraga hirya no hino mu midugudu ahari kubera iki gikorwa twasanze kitabiriwe n’abaturage batari […]Irambuye

en_USEnglish