Tags : Mushikiwabo

Perezida wese uzatorwa 2017, yahawe manda imwe y’imyaka 7

*Umushinga mushya w’Itegeko Nshinga watowe 100% n’Abadepite bari mu Nteko, *Uyu mushinga urimo ingingo ya 172 iha Manda y’inzibacyuho y’imyaka 7 Perezida wese uzatorwa muri 2017, *Perezida watowe nyuma ya 2017, nasoza iyi myaka 7, azaba yemerewe no kwiyamamaza muri Manda y’imyaka 5 yongera kwiyamamarizwa inshuro imwe, *Iyi myaka 7 si iyagenewe Perezida Paul Kagame gusa […]Irambuye

U Rwanda na Zambia biyemeje gusangira ubumenyi

Mu kiganiro n’abanyamakuru ku cyumweru, ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga mu bihugu by’u Rwanda na Zambia bavuze ko ibihugu byombi byumvikanye uburyo bwo kongera ubufatanye mu bijyanye no guhererekanya abarimu, bavuze kandi ko hari gusinywa n’amasezerano yo kohereza mu Rwanda abahunze muri 1994 bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Zambia, Harry Kalaba […]Irambuye

“Inyandiko zashyizwe ahagaragara n’Ubufaransa zizerekana ukuri,” Juppé

Alain Juppé, wari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi na mbere yahoo, yavuze kuri uyu wa gatanu ko inyandiko Ubufaransa buherutse gushyira ku mugaragaro zijyanye n’ubufatanye bwari bufitanye na Leta ya Habyarimana zizerekana ukuri. Juppé yishimiye kuba izi nyandiko zitakiri ibanga, avuga ko zizerekana ko igitekerezo cyo kuvuga ko Ubufaransa bwagize uruhare […]Irambuye

Afurika y’Epfo n'u Rwanda mu biganiro i Kigali?

Amakuru atangazwa na RFI aravuga ko Ambasaderi wa Africa y’Epfo mu Rwanda kuri uyu wa 12 Werurwe yabonanye na Ministre w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda ngo baganire ku bibazo bihari. Umubano w’ibihugu byombi wajemo igitotsi ndetse Africa yepfo yabaye ihagaritse by’agateganyo itangwa ry’impapuro z’inzira (visa) zijya muri icyo gihugu ku baturage b’Abanyarwanda.  Itangazo rya Ambasade ya Afurika […]Irambuye

en_USEnglish