Tags : Mureshyankwano Marie Rose

Perezida Kagame yasize ubuzima bwiza aza kurengera Abanyarwanda- Mureshyankwano

Ruhango-Ku munsi wa kabiri w’ibiganiro bitangwa mu cyumweru cyahariwe ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, kuri uyu wa 09 Mata, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Mureshyankwano Marie Rose yatanze ikiganiro mu murenge wa Bweramana avuga ko Perezida Kagame yasize ubuzima bwiza yari arimo muri USA akaza kurengera ubuzima bw’Abatutsi bariho bicwa muri Jenoside yabakorewe mu 1994. Muri ibi […]Irambuye

Nyaruguru: Mu kagari ka Mubuga ngo ntawe uzasigara mu kiciro

*Hamaze gutangwa inka 180, izindi 170 na zo ziratangwa vuba aha, *Abaturage bari kubakirwa uruganda, ibigega n’aho gutuburira imbuto, *Guverineri asaba abaturage kubungabunga ibi bikorwa kugira ngo bazasigare bwuma. Mu muhango wo gushyira ibuye ry’ifatizo ahari kubakwa ikigo cy’amahugurwa y’abahinzi n’aborozi, uruganda rutunganya ibikomoka ku buhinzi n’ibigega byo guhinikamo imyaka, kuri uyu wa 28 Ukwakira […]Irambuye

Amagepfo: Hatangijwe imirimo yo kubaka inzu 30 zizatuzwamo imiryango 120

Mu gutangiza imirimo yo kubaka umudugudu w’Ikitegererezo ugizwe n’inzu 30 zizatuzwamo imiryango 120, kuri uyu wa 27 Ukwakira, Guverineri w’intara y’Amagepfo, Mureshyankwano Marie Rose yakanguriye abaturage bo mu murenge wa Mamba, mu karere ka Gisagara kuzafata neza ibi bikorwa remezo bagiye kwegerezwa. Abaturage bo barabyinira ku rukoma ko iki gikorwa kigiye guhindura imibereho yabo. Mu […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish