Tags : Mugabe

Zimbabwe: Mugabe yasabye abashaka kumusimbura kwihanganira igihe gito gisigaye

Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe w’imyaka 93, yasabye abayobozi bifuza kuzamusimbura kugumana ibyifuzo byabo, ababwira ko igihe cyabo cyo gutegeka kizagera. Ubwo kuri uyu wa gatanu yahuraga n’urubyiruko yifuza ko ruzamushyigikira mu matora y’Umukuru w’Igihugu ataha, ahitwa Marondera mu burasirazuba bw’umujyi wa Harare, Mugabe yavuze ko abifuza kuzamusimbura bakwihangana kuko igihe cyabo kitarageza. Yasabye urubyiruko […]Irambuye

Zimbabwe: Pasiteri Mawarire yatawe muri yombi akiva mu buhungiro

Kuri uyu wa Gatatu ubwo yari atashye asubiye mu gihugu cye nyuma y’uko umwaka ushize yahunze atinya kugirirwa nabi  kubera imyigaragambyo yatangije, Pasiteri  Evan Mawarire ageze ku kibuga cy’indege Harare International Airport yahise atabwa muri yombi na Police ya Zimbabwe. Kugeza ubu ntacyo Police itangaza ko yamufatiye ariko biravugwa ko azakurikiranwaho guteza impagarara mu baturage […]Irambuye

Perezida wa Botswana yasabye Robert Mugabe kuva ku butegetsi

Perezida wa Botswana, Ian Khama yasabye Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, w’imyaka 92 kureka ubutegetsi ataruhanyije. Ian Khama yatangarije Reuters ko igihugu cya Zimbabwe gikeneye ubuyobozi bushya bushobora guhangana n’ibibazo bya politiki n’iby’ubukungu kimazemo igihe. Khama ati “Biraboneka ko ku myaka ye, (Mugabe) n’ibihe igihugu cya Zimbabwe kirimo, ntabwo rwose ashoboye kuba yahindura mu miyoborere […]Irambuye

en_USEnglish