Tags : MINAFFET

MINAFFET irashaka kuvugurura no kubaka inyubako za Ambasade z’u Rwanda

* MINAFFET irateganya kongera abakozi * Yasabye imari ya miliyoni 450 muri uyu mwaka w’imari * MINECOFIN ngo yavuze ko ari menshi cyane Kuri uyu wa kane ubwo Minisitiri Louise Mushikiwabo yagezaga ku badepite bagize Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu iby’imari bateganya gukoresha mu 2017-2018, yavuze ko bifuza kuvugurura inzu u Rwanda rukoreramo mu mahanga […]Irambuye

Abanyarwanda baba muri Canada bigiye hamwe uko barushaho gukorana

Ku nshuro ya mbere abayobozi mu nzego zitandukanye zigize Rwanda Community Abroad-Canada baturutse mu mijyi itandukanye bahuriye i Toronto mu mwiherero wabaye tariki ya 14 Ugushyingo 2015. Abagize ubuyobozi bwa Rwanda Community Abroad-Canada na bamwe mu Banyarwanda bayobowe ihuriro ry’Abanyarwanda baba hanze hirya no hino ku Isi (Rwanda Diaspora Global Network) bayobowe na Mme Alice […]Irambuye

Umurundi ubishatse arataha nta wagizwe ingwate n’u Rwanda – MIDIMAR

*U Burundi buvuga ko u Rwanda rwafashe bugwate Abarundi b’impunzi * Ngo u Rwanda ntirushaka kubareka ngo batahe kubera inyungu z’akazi *MIDIMAR ivuga ko ibyo bivugwa n’abayobozi mu Burundi ari ibihuha n’ibinyoma *U Burundi nibwo bugomba gutera intambwe bukaganira na UNHCR, n’u Rwanda ku byo gucyura abantu babwo Révérien Nzigamasabo Buramatari w’Intara ya Kirundo mu […]Irambuye

Ngoma: Urujijo ku cyateye uburwayi abantu bakiriwe na EAST LAND

Umubare w’abantu batandukanye barimo abayobozi n’abandi banyacyubahiro bagiye kwa muganga nyuma yo kwakirwa aho bari batumiwe mu muhango wo gutanga impamyabumenyi muri Kaminuza yitwa Open University of Tanzania iri mu mujyi wa Kibungo mu Ntara y’Uburasirazuba, bamwe baravuga ko bazize amafunguro bariye, ariko Nkurunziza Jean de Dieu nyiri Hotel East Land yagubuye aravuga ko nta […]Irambuye

en_USEnglish