Tags : Michael Ryan

Abanyaburayi bizihije umunsi w’Ubumwe bwabo bizeza gukomeza umubano n’u Rwanda

*Kuri uyu wa kabiri EU irasinya amasezerano n’u Rwanda ya miliyoni € 177, *Amb. Michael Ryan wa EU mu Rwanda yizeje ko ari igihe cyo gufasha imishinga y’iterambere mu Rwanda, *Minsitiri L.Mushikiwabo yizeza ko u Rwanda ruzafatanya n’Uburayi kurwanya iterabwoba  Kigali – Mu ijambo ry’Umunsi mukuru wahariwe Umugabane w’Uburayi, (Europe Day), Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi […]Irambuye

Kutaduha umwihariko wacu nk’ ‘Abatwa’ tubura aho twisanga tukarushaho gukena

*Uwo mu ishyirahamwe ry’ababumbyi avuga ko ‘Abatwa’ bakwiye umwihariko, *Avuga ko aho kwita ‘Umusangwabutaka’ yakwitwa ‘Umutwa’ kuko ngo iyo mvugo nayo irapfobya, *Minitiri w’Ubutabera abona ko mu Rwanda nta we ukwiye kumva ko ari Umusangwarwanda *Ambasaderi wa EU mu Rwanda avuga ko mu Rwanda bigoye kuzana iby’amoko, ariko ngo yabonye ko ‘Abatwa’ bafite ikibazo, *Amb. […]Irambuye

Umuti w’ireme ry’uburezi washakirwa ku barimu- Prof Nshuti Manasseh

 Ubwo intumwa y’umuryango w’ibihugu by’Uburayi (Europen Union) yasuraga Kaminuza ya Kigali mu rwego rwo kumenyana n’abanyeshuri bayigamo, umwe mu bagize uruhare mu gushinga iyi Kaminuza yavuze ko umuti wo gukemura ikibazo cy’ireme ry’uburezi rikiri hasi mu Rwanda washakirwa mu barimu kuko ngo ubundi umunyeshuri udafite ikibazo aba agomba gutsinda. Mu gusura Kaminuza ya Kigali (University […]Irambuye

2.2MW zo kuri Rukarara II, intambwe yatewe ku mashanyarazi ariko

Abaturage bo mu murenge wa Uwinkindi mu karere ka Nyamagabe babwiye Umuseke ko bishimiye kuzura k’urugomero rw’amashanyarazi rwa Rukarara ya kabiri rwamuritswe kuri uyu wa kane ruri iwabo ubu rutanga Megawatt 2.2 z’amashanayarazi, gusa bagasaba ko aya mashanyarazi nayo yabagezwaho cyane cyane abaruturiye insinga ziyajyana zica hejuru. Mu Rwanda imibare igaragaza ko abarutuye bafite amashanyarazi […]Irambuye

en_USEnglish