Tags : Mexique

Aba Aztecs bari bafite umuco wo gutamba imfungwa, abagore n’abana

Abahanga mu byataburuwe mu matongo (archaeologists) bo muri Mexique baherutse gucukura ahantu bavumbura ibikanka 650 bitabye mu butaka mu buryo bukoranye ubuhanga bw’abubatsi. Ibyo bavumbuye byabaye ikimenyetso simusiga gishyigikira inyandiko z’abanyamateka zivuga ko aba Aztecs bahoze batamba ibitambo by’abantu barimo cyane cyane abagore n’abana ndetse n’abanzi babaga bafatiwe ku rugamba. Ubwami bw’aba Aztecs bahoze mu […]Irambuye

Trump yemeza ko iyicarubozo ku byihebe ntacyo ritwaye

Perezida mushya wa USA Donald Trump yatangaje ko akebo ibyihebe bigereramo abantu ariko nabyo bigomba kugererwamo. Donald Trump yemeza gukorera iyicarubozo ibyihebe cyangwa abakekwaho ibikorwa by’ubwiyahuzi ibyo ntacyo bitwaye. Avuga ko we n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ingabo James Mattis hamwe n’ukuriye CIA Mike Pompeo bateganya uko hashyirwaho ingamba zo kujya bakura amakuru mu byihebe hakoreshejwe iyicarubozo […]Irambuye

en_USEnglish