Tags : MC Tino

Rwanda: Abahanzi 5 bakurikirwa cyane kuri Facebook

Mu Rwanda bamwe mu bahanzi ntibakunze gukoresha imbuga nkoranyambaga nka Facebook, Twitter n’izindi nyinshi, nyamara aha niho usanga imbaga y’abafana ba muzika. Mu bindi bihugu abahanzi usanga aha ariho banyuza buri kintu cyabo kikamenyekana kurushaho. mu Rwanda ababikora ni mbarwa.  MC Tino, umuhanzi akaba n’umunyamakuru, avuga ko we akunda cyane gukoresha Facebook, asanga kuba hari […]Irambuye

“Ni gute wakwiyita umweyo utaramara umwaka muri muzika?”- Mc Tino

Kasirye Martin umunyamakuru, umuhanzi, akaba n’umushyushyarugamba uzwi cyane ku izina rya Mc Tino, nyuma yo kumva amakuru avuga ko itsinda rya “Active” ryaje muri muzika nk’umweyo uje gukubura andi matsinda yose, Mc Tino we yavuze ko iryo tsinda rigifite akazi kenshi ko gukora aho kwiyita umweyo waje gukuraho andi matsinda. Umweyo ni igikoresho cyo mu rugo gikuraho […]Irambuye

Ni inde ukwiye guhagararira u Rwanda muri Big Brother Africa?

Mu Rwanda, abakunzi b’imyidagaduro cyane cyane abazi irushanwa rya Big Brother Africa bashimishijwe no kumva ko u Rwanda ku nshuro ya mbere rugiye kwitabira iri rushanwa. Gusa haribazwa ni inde ukwiye guhagararira u Rwanda muri iri rushanwa ribera muri Africa y’Epfo. Abategura iri rushanwa batangaje ko bari gushakisha abantu bazaryitabira, mu bigenderwaho harimo kuba uri […]Irambuye

en_USEnglish