Tags : Mary Gahonzire

Gen Rwarakabije na Com. Mary Gahonzire bavanywe ku buyobozi bwa

Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 29 Werurwe 2016 mu byemezo yafashe harimo gusimbuza abari abayobozi bakuru b’urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa, iyi nama yasabye kandi ababyeyi n’abarezi mu mashuri ya Leta n’ayigenda kwirinda cyane imirimo ivunanye ikoreshwa abana no kurengera uburenganzira bw’umwana cyane cyane ubwo kwiga. Iyi nama yemeje ba abahagarariye ibihugu byabo […]Irambuye

RCS yamuritse igihembo cyo ku rwego rw’isi iherutse kuvana muri

Kuri uyu wa mbere Urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa rwamuritse igihembo cyo ku rwego rw’isi ruherutse kwegukana mu bijyanye no kubungabunga ubuzima bw’abagororwa. Iki gihembo cyahawe u Rwanda kubera umushinga wa Biogas cyakiriwe na Komiseri mukuru wungirije w’uru rwego Mary Gahonzire ari nawe wasobanuye ibyacyo. Ari kumwe na Komiseri mukuru w’uru rwego Gen Paul Rwarakabije, […]Irambuye

Mu mezi atatu ashize abagororwa 9 bacitse gereza 7 barafatwa

CIP Alex Murenzi umuyobozi ushinzwe iperereza mu rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa yatangaje kuri uyu wa kane ko abagororwa bagera ku icyenda aribo batorotse za gereza mu gihugu mu gihe cy’amezi atatu ashize, ariko ngo barindwi muri bo ubu bafashwe ndetse bagiye gushyikirizwa inkiko ku cyaha cyo gutoroka igifungo. Hari mu kiganiro abayobozi b’uru rwego […]Irambuye

Imiryango y’abagororwa baguye mu mpanuka izafashwa – Gen Rwarakabije

Kigali – Nyuma y’impanuka yahitanye abagororwa barindwi i Karongi kuri uyu wa kane mu gitondo, kuri uyu mugoroba Urwego rw’igihugu rushinzwe infungwa n’abagororwa rwahaye ikiganiro abanyamakuru aho umuyobozi warwo Gen Paul Rwarakabije yatangaje ko uru rwego ruzafasha imiryango y’aba bagororwa kubona ibiteganywa n’amategeko. Mary Gahonzire umuyobozi wungirije w’uru rwego yatangaje ko bashimira cyane ingabo na […]Irambuye

Nta mugororwa warangije igihano ugifunze kuko dossier ye ituzuye –

Assistant Commissioner Bosco Kabanda ushinzwe ishami ryo kugorora mu kigo gishinzwe imfungwa n’abagororwa mu Rwanda kuri uyu wa 19 Werurwe 2015 yavuze ko amakuru yatangajwe ko hari abagororwa 7 000 barangije ibihano byabo batarasohoka mu magereza kubera ko dossier zabo zituzuye atari ukuri ahubwo uwo mubare ari uw’abagororwa bari bafite ibibazo bisanzwe muri ‘dosier’ zabo. […]Irambuye

Gen Rwarakabije yasabye imbabazi kubera gutanga isoko nta piganwa

Ku mugoroba wo kuwa 13 Ukwakira 2014 urwego rushinzwe amagereza (RCS) mu Rwanda rwakiriye na Komisiyo y’abadepite igenzura imikoresherezwe y’umutungo wa Leta, PAC, basabye uru rwego kwitekerereza no kwifatira imyanzuro mu byo rukora. Umuyobozi w’uru rwego akaba yasabye imbabazo ku makosa yo gutanga isoko ku bagaburira abagororwa nta matangazo y’ipiganwa atanzwe.  Uyu munsi abagize iyi […]Irambuye

en_USEnglish