Tags : LUSAKA

Mu ruzinduko arimo i Kigali, Meya wa Lusaka ati “Twe

*Agereranya Kigali nka Cape Town… Wilson Kalumba uyobora umurwa mukuru wa Zambia, ‘Lusaka’ ari mu rugendoshuri mu mujyi wa Kigali. Nyuma yo gusobanururirwa gahunda z’Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali no kwihera amaso ibikorwa remezo biri muri uyu mujyi, yavuze ko ubuyobozi arangaje imbere bufite byinshi byo gukora kugira ngo umujyi wabo ushyikire uwa Kigali. Uyu muyobozi […]Irambuye

Polisi ya Zambia yashimwe uko yitwaye mu kibazo cy’Abanyarwanda

*Hatwitswe abantu babiri ari bazima barapfa ku wa mbere. Hari hamaze iminsi havugwa ikibazo cy’Abanyarwanda batuye muri Zambia bahohotewe na bamwe mu baturage basahura amaduka yabo, gusa ubuyobozi na Polisi by’iki gihugu byashimiwe uko byitwaye mu kibazo. Mu gitondo cyo kuri uyu gatatu tariki 20 Mata 2016, Abel Buhungu, Ushinzwe ibikorwa muri Ambasade y’u Rwanda […]Irambuye

Zambia: Amaduka yiganjemo ay’Abanyarwanda yibasiwe n’abaturage

Umunyamakuru wa BBC, Meluse Kapatomoyo ukorera i Lusaka yavuze ko amaduka menshi yibasiwe n’abaturage badashyigikiye abanyamahanga bakorera muri Zambia, imvururu zadutse mu murwa mukuru ngo zibasiye amaduka menshi y’Abanyarwanda. Abaturage begetse ku Banyarwanda ubwicanyi buheruka kuba aho ababukoze bikekwako bari bagamije gutanga ibitambomo abantu mu migenzo ya gipagani, Abanyarwanda barabihakana. Umwe mu Banyarwanda uba muri […]Irambuye

en_USEnglish