Tags : LODA

Muri gahunda nshya zo gufasha abakene gutera imbere umugore yahawe

Mu biganiro byahuje intumwa za Leta n’abo mu miryango itari iya Leta abaganira ku buryo bushya bwo kuzamura abakennye cyane mu manga y’ubukene, hasobanuwe uburyo umugore yatekerejweho by’umwihariko bitewe n’ubuzima bwe butandukanye n’ubw’abagabo, ngo azaba yemerewe gukora ku isaha ashaka kandi azahembwe. Gatsinzi Justin Umuyobozi wa gahunda zishinzwe kurengera abatishoboye mu kigo cya Leta gitera […]Irambuye

Impaka mu Bayobozi bakuru ku byiciro by’ubudehe nk’igipimo fatizo mu

Mu myanzuro yavuye mu nama nyunguranabitekerezo ku ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Leta zo kuvana Abanyarwanda mu bukene yateranyije Abasenaterei, n’abandi abayobozi barimo ba Minisitiri, abayobozi b’Intara, umugi wa Kigali n’uturere, kuri uyu wa 17 Ugushyingo aba bayobozi bemeranyijwe ko gutoranya abagenerwabikorwa bigomba gushingira ku bibazo bizahaza imiryango, birinda kugira icyo bavuga ku byiciro […]Irambuye

Abakozi ba VUP mu turere bahagaritswe… ‘Contract’ yabo yararangiye

Abakozi batandatu muri buri karere bari basanzwe bashinzwe gahunda ya ‘Vision Umurenge Program’ (VUP) ntibakiri kuri iyi mirimo kuko yamaze gushyirwa mu nshingano z’abakozi bashya bongerewe mu nzego z’uturere n’imirenge. Umuyobozi wa LODA avuga ko amasezerano yabo yarangiye. Gahunda ya Vision Umurenge Program yatangijwe mu 2008, yari isanzwe ikurikiranwa n’aba bakozi badahoraho kuko bakoreraga ku […]Irambuye

en_USEnglish