Tags : LIPRODHOR

Munyandirikirwa yareze Leta y’u Rwanda mu Rukiko rw’Uburenganzira bwa muntu

Nyuma y’ibibazo byo kumaranira ubuyobo byavutse hagati ya Komite abyiri mu muryango uharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda (LIPRODHOR), uwari Perezida wa Komite wegujwe Munyandirikirwa Laurent yareze Leta y’u Rwanda mu rukiko rushinzwe kurengera uburenganzira bwa muntu Arusha muri Tanzania. Muri Nyakanga 2013 nibwo Munyandirikirwa yeguzwaga n’inama rusange ashinjwa gushaka gukura uyu muryango mu mpuzamiryango […]Irambuye

LIPRODHOR ikeneye inguzanyo ya miliyoni 50 ngo yishyure umwenda wa

Nta Polisi ibahagaze hejuru, abanyamurayngo b’umuryango uharanira guteza imbere uburenganzira bwa muntu, LIPRODHOR (Ligue Poru la Promotion et la Defense des Droits de l’Homme au Rwanda) ku wa gatandatu tariki 14 Mutarama 2017 babashije guterana mu nama rusange baganira ku buryo bwo gukemura ibibazo bikomeye byugarije uyu muryango. Muri ibyo bibazo harimo icy’abanyamuryango bamaze igihe […]Irambuye

LIPRODHOR yakomwe hasi n’umwenda uremereye ariko ngo ni umuryango ukiriho

*LIPRODHOR yarezwe mu nkiko yishyuzwa miliyoni 113, ariko urw’Ikirenga ruyitegeka kwishyura miliyoni 35, *Uyu muryango kimw en’indi itari iya Leta ngo ufite ikibazo cy’amikoro make, *Ingamba bafite ngo ni ukubakira ku bwitange bw’abanyamuryango aho guhanga amaso abaterankunga gusa. Inama rusange y’inteko y’abanyamuryango ba LIPRODHOR (Ligue Poru la Promotion et la Defense des Droits de l’Homme […]Irambuye

Inteko rusange ya LIPRPDHOR yarateranye ihinduka akavuyo

Ubuyobozi bw’ umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda LIPRODHOR buratangaza ko uyu muryango ushobora guseswa burundu ukavaho mugihe nta cyaba gikozwe ku bibazo byabaye agatereransamba muri uyu muryango ahanini  bishingiye k’ubwumvikane buke hagati y’abanyamuryango ndetse n’amikoro make. Ubuyobozi bwa  LIPRODHOR bwabitangaje  nyuma yaho kuwa gatandatu tariki ya  5 Nzeli 2015  hateranye  inteko rusange y’uyu […]Irambuye

en_USEnglish