Tags : Kwizera Pierrot

Rayon yatangiye imyitozo, umutoza mushya n’abakinnyi 9 bashya

*Rwatubyaye ngo aracyari umukinnyi wabo *Diarra, Bakame na Pierro ntibagaragaye mu myitozo *Rayon Sports ubu izajya ikorera imyotozo ku Mumena Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Rayon Sports yatangiye imyitozo yitegura Shampionat, iri kumwe n’umutoza mushya wungirije Masudi Juma, ndetse n’abakinnyi icyenda bashya barimo umurundi Nahimana Shasir, Yvan Senyange na Nova Bayama bavanye muri […]Irambuye

Nje gukomezanya na Rayon urugendo rw’igikombe turimo – Kwizera Pierrot

Umukinnyi wo hagati wa Rayon Sports Kwizera Pierrot yamaze kugera mu myitozo y’ikipe ye nyuma y’iminsi bivugwa ko ashobora kwerekeza muri Vital’O y’iwabo mu Burundi. Kwizera Pierrot w’imyaka 25 yaherukaga muri Rayon Sports mu Gushyingo 2015, ubwo yitabiraga ubutumire bw’ikipe y’igihugu cye Intamba mu rugamba. Aha hari mbere ya CECAFA y’ibihugu yabereye muri Ethiopia. Uku kumara […]Irambuye

Peace Cup: Rayon Sports yageze kuri Final

Mu mukino wo kwishyura waberaga kuri stade ya Kicukiro kuri uyu wa kabiri nimugoroba warangiye iyi kipe y’i Nyanza itsinze Isonga FC 4 – 0 ihita ijya ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro itsinze ku giteranyo cy’ibitego bitandatu kuri kimwe mu mikino yombi. Itegereje kuri Final hagati ya APR FC na Police FC izatsinda ejo. […]Irambuye

en_USEnglish