Tags : Kwibohora23

Ruhango: Bibohoye amazi y’igishanga yabateraga indwara

Kuri uyu munsi u Rwanda rwizihije ku nshuro ya 23 imyaka ishize rwibohoye,  Abaturage bo mu Murenge wa Ntongwe mu kagari ka Nyarurama baruhutse kuvoma ibishanga, nyuma yo guhabwa amazi meza bagezeho binyuze mu bikorwa bya Army Week, bavuga ari intambwe ishimishije mu kwibohora. Abo mu kagari ka Nyarurama, mu murenge wa Ntongwe, bavuga bagorwaga no […]Irambuye

Muhanga: Kwibohora gusigaye ni ukwivana mu bukene

Ubwo hizihizwaga umunsi ngarukamwaka wo Kwibohora ku nshuro ya 23 abawitabiriye babanje kunyuzaho imikino itandukanye igaragaza uko bishimiye imiyoborere myiza, Umuyobozi w’Akarere wungirije yabwiye abari aho ko badakwiye kwirara kuko hakiri urugendo rurerure rwo kuva mu bukene. Uyu muhango wo kwizihiza umunsi wo Kwibohora abatuye mu mujyi wa Muhanga bafashe umwanya munini bavuga ko  hari […]Irambuye

Kwibohora bivuze kwikiza abayobozi babi n’ubuyobozi bubi- P. Kagame

*Kagame yishimiye ko abatuye aka gace biyambuye agahinda bagaragazaga hambere, *Yabizeje kuzagaruka, ngo yizeye ko ibyishimo bizaba byariyongereye,… Nyabihu- Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 23 ishize u Rwanda rwibohoye wabereye mu murenge wa Shyira, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagarutse ku nzira yo kwibohora, avuga ko urugamba rutangirira mu kuburizamo imigambi mibi […]Irambuye

Gicumbi: Byari ibyishimo bidasanzwe mu Gitaramo cyo Kwibohora

Mu murenge wa Rubaya ahabumbatiye amateka y’urugamba rwo kubohora u Rwanda, Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 3 Nyakanga haraye habaye igitaramo cyo kuzirikana ubutwari bwaranze ingabo zarurwanye. Byari ibyishimo mu baturage bagaragaje ko ibyo bamaze kugeraho babikesha intwari zatanze imbaragza zazo zimwe ziakanemera gutanga ubuzima. Aha i Rubaya hafi y’umupaka wa Gatuna uhuza u […]Irambuye

en_USEnglish