Tags : Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge

Aho kumpa byinshi ntabwigenge narya dukeya twanjye nigenga – Bishop

Mu kwizihiza umusi wahariwe ubwigenge bwa Africa wabaye ku wa kane, Bishop Musenyeri John RUCYAHANA wari uyoboye igikorwa cyo gufasha Abanyarwanda birukanywe muri Tanzania, n’abavanywe mu nkengero z’ishyamba rya Gishwati, yasabye abatuye Africa guharanira ko bigira ngo kuko igihe cyose bazaba badafite ubukungu bukomeye bazakomeza gusaba Abazungu. Musenyeri John RUCYAHANA yagarutse ku byagakwiye kuranga Abanyafurika […]Irambuye

Amashyaka ya Politiki yasinye amasezerano na Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge

Perezida wa Komisiyo y’Ubumwe n’ubwiyunge, Bishop John Rucyahana avuga ko amasezerano iyi komisiyo yagiranye n’imitwe ya Politiki kuri uyu wa 12 Nyakanga azatuma Abanyapolitiki bagarurirwa ikizere kuko ari bo batanyije Abanyarwanda  bikanabageza ku bwicanyi bwari bugamije kurimbura  ubwoko bw’Abatutsi. Bishop John Rucyahana uyobora Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge avuga ko imitwe ya politiki yagize uruhare runini mu […]Irambuye

N’iyo ubukene bwatera imyumvire mibi ntiyaba iy’Ubuhutu n’Ubututsi…- Rucyahana

*Imibanire myiza hagati y’Abaturage iri kuri 96.1% muri rusange *Ubumwe n’ubwiyunge buri kuri 92.5%, *Abakirebera mu ndorerwamo z’amoko ngo biri kuri 27.9%… *Bishop Rucyahana ati “Mbere y’uko Abakolini baza abantu bari bakize kurusha ubu? Ko babanaga?” *Fidel Ndayisaba yemeza ko ‘Ndi Umunyarwanda’ hari byinshi yakemuye kandi izakomeza kubikemura. Hasuzumwa raporo y’ibikorwa bya komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge […]Irambuye

en_USEnglish