Tags : Kinazi

Impinduka zikomeye mu buzima bwa Mukangenda kubera ibishyimbo

Jeannine Mukangenda atuye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango mu majyepfo, afite abana batatu. Kimwe n’abandi banyarwadna yahingaga ibishyimbo n’indi myaka akabasha kubona ifunguro n’utundi tuntu tw’ibanze ariko ntatere imbere, yari umukene. Nyuma yo kwisungana n’abandi muri Koperative no gutangira guhinga bya kijyambere ibishyimbo bikungahaye ku butare ubuzima bwe n’abe bumaze guhinduka, kandi […]Irambuye

Ruhango: Ibitaro by’Akarere byaremeye uwarokotse Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwifatanyije n’ubuyobozi bw’ibitaro bya Kinazi bwaremeye umubyeyi wapfakajwe na Jenosiode yakorewe Abatutsi mruri 1994, bumuha inka yo kumufasha kwizamura mu bukungu. Uyu muhango wo kwibuka wabereye ku Kigo nderabuzima cya Kinazi witabiriwe n’abakozi b’Ibitaro bya Ruhango n’imiryango yarokotse Jenoside. Abibukwa n’Ibitaro bya Ruhango bifatanije n’Ikigo nderabuzima cya Kinazi ni Nyiransengiyumva Febronie, […]Irambuye

Kinazi: Hashyinguwe imibiri 60 000 biganjemo abishwe urw’agashinyaguro n’Abarundi

Abanyakinazi n’incunti zabo baturutse hirya no hino mu gihugu, kuri uyu wa gatandatu tariki 19 Mata bashyinguye imibiri y’ababo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi isaga ibihumbi 60, biganjemo abari barajugunywe mu cyobo cyitwaga CND. Iyi mibiri yose yimuwe ahantu yari yarashyinguwe nyuma ya Jenoside ariko hatari hayihesheje ishema. Benshi muri bo ni abari barajugunywe mu […]Irambuye

en_USEnglish