Tags : Kanimba

U Rwanda mu bihugu 13 bifite ubukungu buzamuka cyane ku

Raporo ya Banki y’Isi yo mu cyumweru cyashize, yashyize u Rwanda ku mwanya wa 12 mu bihugu 13 bifite ubukungu buzamuka cyane ku isi, iyi raporo iyobowe n’igihugu cya Ethiopia. Iyi raporo igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda muri 2015 buziyongeraho 7,00%, bukazakura kuri iki kigero muri 2016, mu mwaka wa 2017 bukazazamukaho 7, 50%.  Impuzandengo […]Irambuye

Rusumo: Isoko mpuzamahanga ku mupaka rizafasha abajyaga kurangura i Kigali

Kuri uyu wa 24 Mata 2015, Ministiri w’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda, Francois Kanimba mu ruzinduko yagiriye mu Ntara y’Uburasirazuba mu karere ka Kirehe yasuye ibikorwa bitandukanye, anareba aho igishushanyombonera cy’isoko rizafasha mu bucurzi bwumbukiranya imipaka rya Rusumo kigeze. Kanimba yasuye aho iri soko rizubakwa ku mupaka wa Rusumo uhuza u Rwanda na Tanzania, aganira n’abacuruzi […]Irambuye

en_USEnglish