Tags : Kanimba Francois

Amakusanyirizo n’amakaragiro y’amata byahuye n’ibibazo by’imicungire mibi

*Ikaragiro rya Giheke muri Rusizi ryaruzuye basanga batumije imashini zishaje cyane Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, Francois Kanimba avuga ko mu Rwanda amakusanyirizo n’amakaragiro y’amata byahuye n’ibibazo bikomeye by’imicungire mibi y’amakoperative, ubushobozi buke mu bijyanye n’amafaranga ariko ngo Leta yafashe ingamba zo kubyegurira abikorera. Ubwo yatangaga ibisubizo mu magambo ku bibazo byabajijwe n’Abadepite […]Irambuye

Ibihano ku Burundi no kudahuza ku nyungu biri mu bidindiza

Minisitiri wa MINEACOM, Francoins Kanimba avuga ko bimwe mu bikomeje kudindiza isinywa y’amasezerano ya EPA (Economic Partnership Agreements) y’ubucuruzi hagati y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) n’Afurika y’Uburasirazuba (EAC) ari ukutumva kimwe ku nyungu z’ibihugugu bigize EAC n’ibihano byafatiwe u Burundi kubera imvururu zagaragaye muri iki gihugu. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyagarukaga ku byaganiriweho mu nama y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba […]Irambuye

Karongi: Imiti iterwa mu myaka yica udukoko n’inzuki, abavumvu baratabaza

Aborozi b’inzuki mu karere ka Karongi baratakambira inzego zibishinzwe kugira ngo zibatabare kubera ko hari imiti abahinzi batera mu myaka yica udukoko duto (insects) n’inzuki zabo zigapfa igihe zigiye guhova kuri iyo myaka bityo ntibabone umusaruro. Ibyo bibazo babigaragarije intumwa za Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi zasuraga abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Karongi. Niyonzima Ephraim umworozi […]Irambuye

en_USEnglish