Tags : Kaminuza

Mu mu myaka 5 mu Rwanda ngo hazaba hari ‘Internet

Kuri uyu kabiri muri Kaminuza y’u Rwanda hatangijwe ibigo bine by’ikitegererezo mu mashami atandukanye bizafasha Abanyarwanda kongera ubumenyi mu mashami atandukanye harimo na ICT.  Ibigo by’ikitegererezo bine muri Africa bizaba biri mu Rwanda ni ikigo kigisha ikoranabuhanga(ICT), ikigo kiga kandi kigatunganya ingufu hagamijwe iterambere rirambye, ikigo cy’ubumenyi n’imibare, n’ikigo gikusanya amakuru kikanayasesengura (Data sciences). Ibi […]Irambuye

Murekezi wayoboye Auditorium ya Kaminuza yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Jean Paul Murekezi kuri uyu wa gatanu tariki 03 Kamena 2016,  yakatiwe igifungo cy’iminsi 30 by’agateganyo n’urukiko rwisumbuye rwa Gasabo kugira ngo hakomeze iperereza ku byaha aregwa. Jean Paul yamenyekanye cyane nk’umukozi muri Kaminuza y’u Rwanda ( – 2012) kuko yari ashinzwe ibikoresho byose by’inzu mberabyombi ya Kaminuza, inzu ikoreshwa cyane n’abanyeshuri n’abayobozi ba Kaminuza […]Irambuye

Kutiga amashuri y’incuke ni imbogamizi ku ireme ry’uburezi – Dr

Mu nama ihuza Minisiteri y’Uburezi n’Abafatanyabikorwa bayo hagamijwe kurebera hamwe ibyagezweho mu mwaka urangiye n’ingamba zaba imbarutso yo kugera ku biteganyijwe mu myaka iri imbere, kuri uyu wa 19 Kamena  Ministiri w’Uburezi yatangaje ko zimwe mu mbogamizi zikomeje kuzitira ireme ry’Uburezi mu Rwanda ari umubare w’Amashuri y’Incuke n’abayigamo bikiri hasi mu gihe kutiga aya mashuri […]Irambuye

Indiafrica mu guteza imbere urubyiruko

Bamwe mu bakozi b’ikigo Indiafrica cy’Abahinde bari kuzunguruka mu bigo by’ amashuri ya Kaminuza yose yo mu Rwanda, bakangurira abanyeshuri uburyo bavumbura impano bifitemo bityo bakazibyaza umusarurbihangira imirimo. Ku munsi w’ejo batangiriye muri Kaminuza y’Abadivantisite y’i Mudende. Iki gikorwa cyatangiriye muri Kaminuza y’Abadivantiste y’i Mudende, kiri gukorwa ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB. Ku bufatanye […]Irambuye

en_USEnglish