Tags : Kaboneka Francis

Rwiyemezamirimo yahindutse bihemu Umurenge wamwambuye urigaramiye

*Hashize imyaka ibiri yujuje urwibutso rwaranatashywe ariko ntarishyurwa yose *Imbere y’abakozi atishyuye na banki yagujije yabaye bihemu *Avuga ko kenshi ba rwiyemezamirimo bagwa mu kibazo nk’iki bakitwa ba bihemu *Minisitiri w’Intebe aherutse kuvuga ibisa n’ibi aho ba rwiyemezamirimo bakwa ruswa batayitanga ibintu bikadindira Niyirora Jeseph, rwiyemezamirimo utuye mu karere ka Nyamagabe yatsindiye isoko ryo kubaka […]Irambuye

Gutwika amashyamba bihangayikishije ubuyobozi bw’Intara y’Uburasirazuba

Mu cyumweru gishize twabagejejeho inkuru y’ikibazo cyo gutwika imisozi n’amashyamba mu karere ka Ngoma mu ntara y’Uburasirazuba, gusa iki kibazo cyafashe intera ngo kuko byakwiriye intara yose, Ha 400 zimaze gutwikwa n’abataramenyekana. Ibi byahagurukije ubuyobozi bw’Intara y’Uburasirazuba bukaba butangaza ko iki kibazo kirimo kwiyongera ngo bikaba biteye impungenge nubwo harimo gushakwa umuti. Abaturage mu karere […]Irambuye

Muhanga: Polisi  yeretse Urubyiruko  Ibiyobyabwenge  isaba ko babyirinda

Kuri uyu wa kabiri Polisi mu Karere ka Muhanga,  yeretse  abanyeshuri ibiyobyabwenge inabasaba ko  birinda  kubikoresha kuko byangiza ubuzima  ndetse bigahungabanya n’umutekano w’igihugu. Iki gikorwa cyo  kwereka abanyeshuri  ibiyobyabwenge, cyahuriranye  no kwizihiza isabukuru y’Imyaka 15 Polisi y’igihugu imaze igiyeho ndetse no  gusoza icyumweru cyahariwe Polisi gisanzwe  cyizihizwa buri mwaka. Kayihura Claver, ushinzwe Community Policing, yari […]Irambuye

Bwa mbere Imena zibutse Abatutsi bishwe bajugunywa ahatazwi

Umuryango w’abarokotse Jenoside basigaye ari umwe iwabo, IMENA, bwa mbere bibutse Abatutsi bishwe muri Jenoside yabakorewe bakajugunywa ahantu hatazwi, ibi bakoze ngo ni igikorwa cy’ubutwari kigomba gushyigikirwa kikazahora kiba buri mwaka. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa gatandatu, utangizwa n’igitambo cya misa cyabereye mu Kigo cya St Paul mu mujyi wa Kigali, nyuma hakurikiraho urugendo […]Irambuye

Ngoma na Bugesera baracyategereje umuhanda bemerewe na Perezida

Abaturage batuye mu turere twa Ngoma na Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba barifuza umuhanda uhuza utwo turere twombi urimo kaburimbo, uyu muhanda ngo bawemerewe na Prezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ariko ngo baracyategereje ko wubakwa. Perezida Kagame ngo yari yijeje abatuye Bugesera na Ngoma umuhanda uzabahuza ubwabo ndetse n’Akarere ka Huye ko mu Ntara y’Amajyepfo. […]Irambuye

en_USEnglish