Tags : John Rucyahana

Abasenateri baribaza impamvu igipimo cy’ingengabitekerezo kitari guhinduka

*John Rucyahana avuga ko itahita iva mu banyarwanda kuko bayicengejwemo igihe kinini Kuri uyu wa 27 Ukwakira, Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge yamurikiye Abasenateri raporo y’ibikorwa byayo mu mwaka wa 2015-2016, inagaragaza ibyo iteganya kuzakora muri 2016-2017. Abasenateri bari bamaze kugaragarizwa ko ingengabitekerezo ya Jenoside ikiri ku gipimo cya 25%, bibajije impamvu iyi mibare itigeze ihinduka […]Irambuye

N’iyo ubukene bwatera imyumvire mibi ntiyaba iy’Ubuhutu n’Ubututsi…- Rucyahana

*Imibanire myiza hagati y’Abaturage iri kuri 96.1% muri rusange *Ubumwe n’ubwiyunge buri kuri 92.5%, *Abakirebera mu ndorerwamo z’amoko ngo biri kuri 27.9%… *Bishop Rucyahana ati “Mbere y’uko Abakolini baza abantu bari bakize kurusha ubu? Ko babanaga?” *Fidel Ndayisaba yemeza ko ‘Ndi Umunyarwanda’ hari byinshi yakemuye kandi izakomeza kubikemura. Hasuzumwa raporo y’ibikorwa bya komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge […]Irambuye

Rwanda: Igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge cyazamutseho 12,5% kuva mu 2010

Kuri uyu wa gatatu tariki 27 Mutarama, Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge yashyize hanze ibyavuye mu bushakashatsi byerekana igipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda, ubushakashatsi buvuga ko igipimo cy’ibi cyazamutse kikagera kuri 92,5% kivuye kuri 80% mu mwaka wa mu 2010. Mu kiganiro n’abanyamakuru, umuyobozi wa Komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge Bishop John Rucyahana yavuze ko Ubumwe n’ubwiyunge bw’Abanyarwanda […]Irambuye

en_USEnglish