Tags : Jean François Losciuto

Losciuto watozaga Rayon yageze i Ouagadougou

Jean François Losciuto, umutoza mushya w’ikipe ya ASFA Yennenga yageze i Ouagadougou kuwa mbere w’iki cyumweru nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byaho. Ageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ouagadougou Losciuto yavuze ko yumva afite iby’ingenzi kugira ngo ikipenshya aje gutoza ayizamure.  Ati “ Nsanzwe menyereye igitutu kuko nagikoreyeho mu makipe nanyuzemo. Mbyitwaramo neza nta kibazo.” Uyu mutoza […]Irambuye

Nyuma y’amezi 2 gusa Loscuito yavuye muri Rayon Sports

Amakuru ava muri Burkina Faso aremeza ko Jean François Losciuto watozaga ikipe ya Rayon Sports muri iyi week end umuhagarariye yasinye amasezerano y’imyaka ine mu ikipe ya ASFA-Yennenga yo muri kiriya gihugu. Umutaliyani Giovanni Marchica umuhagararira niwe wasinye ku masezerano nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru byo muri iki gihugu. Losciuto wageze mu Rwanda tariki 19/07/2014 hari amakuru […]Irambuye

Umutoza wa Rayon yasinye amasezerano y'umwaka umwe

Kuri uyu wa 23 Nyakanga nibwo Jean François Losciuto  yasinye amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza mushya wa Rayon Sports. Ni nyuma y’iminsi ine ageze mu Rwanda kumvikana, ndetse akaba yari yanatangiye akazi kuva kuwa mbere w’iki cyumweru. Aya masezerano yayasinyanye n’umuyobozi wa Rayon Sports Ntampaka Theogene i Nyanza aho iyi kipe iba. Uyu mutoza w’Umubiligi yavuze ko aje […]Irambuye

Jean Losciuto uje gutoza Rayon yageze mu Rwanda

Kanombe – Jean François Losciuto ageze i Kigali kuri uyu wa 19 Nyakanga hafi saa tatu z’ijoro, yaje kwakirwa n’abayobozi ba Rayon Sports n’abafana benshi ba Rayon Sports bambaye ubururu n’umweru. Akigera mu Rwanda yabwiye abanyamakuru ko nubwo yari asanzwe aziko Rayon Sports ifite abafana benshi ariko bimutunguye cyane uburyo baje kumwakira ari benshi cyane akigera […]Irambuye

Rayon Sports yabonye umutoza mushya

Jean François Losciuto niwe watoranyijwe mu batoza batatu bari basigaye mu batoranyijwe mu bandi bahataniraga gutoza Rayon Sports, uyu mutoza w’Umubiligi biteganyijwe ko agera mu Rwanda mu cyumweru gitaha gusinya amasezerano na Rayon Sports nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’iyi kipe Theogene Ntampaka. Losciuto aje gusimbura umubiligi mugenzi we Luc Eymael uherutse gusezera muri Rayon Sports kubera […]Irambuye

en_USEnglish