Tags : INES-Ruhengeri

Kaminuza zafungiwe: INES hafunguwe amashami 2, Gitwe ntacyo bafunguriwe

*Nibagera mukwa 9 batarakosora ibyo basabwe ngo bazafungirwa burundu Inama nkuru y’uburezi mu Rwanda muri iki gitondo imaze gutangaza ibyo yagezeho mu isuzuma yakoreye Kaminuza ebyiri zari zafungiwe amwe mu mashami yazo zikavuga ko zakosoye ibyasabwaga. Ishuri rikuru rya INES Ruhengeri ryafunguriwe amashami abiri muri atanu yafunzwe, naho Kaminuza ya Gitwe nta shami na rimwe bafunguye […]Irambuye

Abasenateri basabwe gukora ubuvugizi ku kibazo cya Kaminuza zafungiwe amasomo

Ubwo abagize Inteko nshingamategeko, Sena y’u Rwanda basuye Kaminuza ya Gitwe, abarimu n’abakozi basabye kubabera abavugizi ku kibazo cyo kuba amwe mu mashami yabo yarahagaritswe, Abasenateri babijeje ko bagiye gusaba ko ibyakozwe n’isuzuma ry’intumwa z’Inama Nkuru y’Uburezi (HEC) byihutishwa. Kaminuza ya Gitwe kimwe n’izindi zigera ku icyenda mu Rwanda zifunzwe by’agateganyo cyangwa zigahagarikirwa amwe mu […]Irambuye

Muri INES abiga mu mashami ane yahagaritswe ubu BARATASHYE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, ubuyobozi bw’Ishuri rikuru rya INES-Ruhengeri bwaramukiye mu nama n’abanyeshuri biga mu mashami ya Biomedical Laboratory Sciences, civil Engineeiring, Computer Science na Biotechnology aherutse guhagarikwa na Minisiteri y’Uburezi bubasaba kuba batashye. Umwe mu banyeshuri biga muri Civil Engineering abwiye Umuseke ko baramukiye mu nama n’umuyobozi mukuru w’iri shuri akabamenyesha ko […]Irambuye

Muri INES hari amashami ane MINEDUC yabaye ihagaritse

Muri iki cyumweru turi gusoza,  Minisiteri y’Uburezi yakoze igenzura mu ishuri rikuru rya INES-Ruhengeri isanga hari ibipimo nkenerwa ibura birimo ibikoresho, ihagarika ibikorwa byo gukomeza kwakira abanyeshuri bifuza kuyigamo mu mashami ane. Umwe mu banyeshuri biga muri iri shuri yabwiye Umuseke ko muri iri shuri hamanitse itangazo ribuza ubuyobozi bwa INES-Ruhengeri gukomeza kwakira abanyeshuri mu […]Irambuye

en_USEnglish