Tags : ICTR

Mbarushimana yanze ko Abavoka yahawe bahabwa ijambo mu iburanisha

“…Ndasaba ko ibibazo by’aba bagabo batabisobanurira mu rubanza rwanjye.” Ni mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buburanamo na Mbarushimana Emmanuel ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu akurikiranyweho; aho kuri uyu wa 15 Nyakanga yasabye inteko y’Urukiko kudaha umwanya abavoka babiri bagenwe kuzamwunganira. Me Bizimana Shoshi Jean Claude na Twagirayezu Christophe bagenwe kunganira Mbarushimana bari bicaye mu myanya […]Irambuye

Mugesera yongeye kuririra mu rukiko

“Igihe yavugiye ko nari ndi mu nama yo ku Muhororo nari ndi muri USA”; “Ibyo yavuze kuri Mugesera binyuranye n’ukuri”; “Ni ukugira ngo Abatutsi banyange ariko Abatutsi bazi ubwenge ntabwo banyanga”. Ibi byatangajwe na Leon Mugesera ukurikiranywe n’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda ku byaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu, ubwo yahabwaga umwanya n’Urukiko Rukuru ngo avuge ku batangabuhamya […]Irambuye

Matayo Ngirumpatse na Karemera bongeye gukatirwa icya BURUNDU

Mu rugero rw’ubujurire rw’urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda ruri Arusha kuri uyu wa 29 Nzeri rwakatiye Mayato Ngirumpatse na Eduard Karemera gufungwa burundu, igihano cyari cyabafatiwe n’ubundi mu 2011 kubera ibyaha bya Jenoside. Matayo Ngirumpatse wari umuhanzi ukomeye akaba na Perezida wa MRND na Edward Karemera wari Umuyobozi Wungirije w’iryo shyaka, bombi bahamijwe ibyaha […]Irambuye

”ICTR” yakoze ibyo yagombaga gukora – Bocar Sy

Kuri uyu wa 29 Mata ubwo ishami ry’ Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda “ICTR” rya Kigali rwibukaga ku nshuro ya 20 Jenoside yakorewe Abatutsi, mu kiganiro yagiranye n’Abanyamakuru  uhagarariye uru rukiko mu Rwanda Bocar Sy; yatangaje ko uru rukiko rwakoze ibyo rwagombaga gukora. Binyujijwe mu kigo “Centre umusanzu mu bwiyunge” kuva kuri uyu wa […]Irambuye

en_USEnglish