Tags : Hitler

USA: Umunyamabanga ushinzwe itangazamakuru yamaganywe kubera ‘gupfobya Holocaust’

Sean Spicer ni umunyamabanga wa Leta ushinzwe itangazamakuru, yasabye imbabazi nyuma y’amagambo yavuze kuri uyu wa Kabiri ko ‘Hitler atari bukore ikosa ryo kwiyicira abaturage’. Uyu mugabo kandi aravugwaho kuvuga ko ibyumba Abayahudi bicirwagamo hakoreshejwe ibyuka bihumanya bikwiye kwitwa Ibigo bya Holocaust. Ibi byababaje umuryango w’Abayahudi baba muri USA n’ahandi ku Isi bamaganira kure ibyavuzwe […]Irambuye

Igitabo Mein Kampf cya Hitler cyaraguzwe cyane mu Budage umwaka

Dr Magnus Brechteken wungirije umuyobozi w’Ikigo kiga amateka y’iki gihe (Contemporary History) yabwiye CNN ko byamutangaje ukuntu Abadage baguze igitabo cya Hitler, Mein Kampf ivuguruye. Iki gitabo abanyamateka bameza ko ari cyo cyenyegeje urwango ku Bayahudi bikabaviramo gukorerwa Jenoside ndetse ngo n’amahame akaze y’ishyaka Nazi niho yari yanditse. Mu ibarurishamibare kiriya kigo cyakoze mu ntangiriro […]Irambuye

Ubutaliyani: Mwene wabo na Berlusconi aremera ko yari atunze igitabo

Umwe muri bene wabo w’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’U Butaliya Silvio Berlusconi witwa Il Giornale aravugwaho kuba yari atunze Mein Kampf,  igitabo cyanditswe na Adolf Hitler wayoboye u Budage mbere no mu gihe Intambara ya Kabiri y’Isi yabaga. Iki gitabo abanyamateka bemeza ko aricyo cyari indiri y’ibitekerezo by’ishyaka rya NAZI rivugwaho kuba ryarateguye rikanashyira mu […]Irambuye

en_USEnglish