Tags : #HeForShe

U Rwanda ku isonga ku Isi muri gahunda ya HeForShe

Ubu u Rwanda ruyoboye ibindi bihugu bigize umuryango w’abibumbye mu kugaragaza ko rushyigikiye gahunda igamije guteza imbere umugore izwi nka “HeForShe”, Abanyarwanda hafi ibihumbi 111 bamaze kugaragaza ko bayishyigikiye. Gahunda ya HeForShe igamije gukangurira igitsina gabo guhaguruka bakarengera uburenganzira bw’Ababyeyi bababyara, bashikibabo cyangwa abagore babo b’igitsina gore. Perezida wa Repubulika Paul Kagame umwe mu bayobozi […]Irambuye

Rwanda: Abagabo 100 000 barasabwa gusinya ubukangurambaga bwa ‘HeForShe’

HeForShe, ubukangurambaga bugezweho ku isi hose bwa UN Women busaba cyane cyane abagabo n’abahungu kubusinyaho berekana ko bashyigikiye uburinganire bw’umugabo n’umugore no kuvanaho inzitizi abagore n’abakobwa bahura nazo. Kuri uyu wa kabiri Amb.Fatuma Ndangiza yavuze ko u Rwanda rwemeye ko nibura abagbo n’abahungu 100 000 bazasinya bashyigikira ubu bukangurambaga. Amb.Ndangiza, umuyobozi mukuru wungirije mu kigo […]Irambuye

UN Women yashyize Kagame mu ndashyikirwa 10 ku Isi mu

Kuri uyu wa 18 Kamena 2015, umuryango wa UN Women watangaje ko Perezida Paul Kagame ari mu bayobozi b’ibihugu icumi ku isi bagize uruhare rukomeye cyane mu iterambere ry’umugore. Uyu munsi Minisitiri w’uburinanganire n’iterambere ry’Umuryango yabwiye abanyamakuru ko bishimishije kuri buri munyarwanda kandi bitera imbaraga zo gukomeza gukora neza mu kubaka umuryango nyarwanda uha agaciro […]Irambuye

en_USEnglish