Tags : Global Fund

Global Fund mu gusaba ibihugu biyitera inkunga kutazigabanya

Kuri uyu wa kabiri, mu Rwanda habaye inama yibanze ku bukangurambaga bwa “Fund the fund” bugamije gukangurira ibihugu bitera nkunga by’ikigega mpuzamahanga ‘Global Fund’ kutagabanya inkunga kuko inshingano icyo kigega gifite zo guhangana n’icyorezo cya SIDA, Igituntu na Malariya zigikomeye. Umuryango AHF (Aids Healthcare Foundation) uvuga ko muri iki gihe inkunga zashyirwaga mu kurwanya SIDA, […]Irambuye

Min. Binagwaho yerekanye ingamba zo kongera abaganga no kugumana abahari

Ubwo aheruka mu Nteko Nshingamategeko umutwe wa Sena, Minisitiri w’Ubuzima Dr Agnes Binagwaho, yabwiye komisiyo ya Politiki n’Imibereho myiza, ingamba zihari zokongera abaganga no gufata neza abahari, kugira badakomeza kwigendera bashaka ahari ubuzima bwiza, Abasenateri bifuzaga ko abaganga bagira ‘Statut’ yihariye. Icyo gihe ku wa kane tariki 3 Werurwe, Dr Binagwaho yari yagiye gusobanura ibijyanye […]Irambuye

en_USEnglish