Tags : Gakondo

Mwitenawe Augustin asanga muzika nyarwanda ntaho iragera

Mwitenawe Augustin umuhanzi wo hambere ariko n’ubu ugicuranga benshi bakanyurwa avuga ko abavuga ko muzika nyarwanda itera imbere bibeshya kuko we ngo abona kuba nta muhanzi uzwi mu njyana imwe aribyo bituma muzika idatera imbere ugereranyije na muzika yo mu bindi bihugu. Kugira injyana yihariye umuhanzi amenyerwamo cyangwa se ngo yaba acuranga akaba aribyo yitaho […]Irambuye

Musaniwabo yahaye Sentore uburenganzira ku ndirimbo “Ngera”

Nyamagabe – Indirimbo yitwa “Ngera” yaramenyekanye cyane mu myaka yashize, yahimbwe na Eugenie Musaniwabo mu 1985 aririmba mu itorero ‘Indateba’. Jules Sentore aherutse kuyisubiramo atabiherewe uburenganzira na nyirayo. Kuri iki cyumweru Sentore yagiye kumureba amusaba imbabazi anamusaba uburenganzira bwo kuyikoresha, maze uyu mubyeyi arabimwemerera abishyira no mu nyandiko barabisinyira. Ku biro by’Umurenge wa Kaduha mu Karere […]Irambuye

Kayirebwa ari i Kigali mu gitaramo cy’imyaka 30 amaze muri

Cecile Kayirebwa wamamaye cyane mu ndirimbo nyarwanda mu myaka yashize, ku nshuro ye ya mbere agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 30 amaze muri muzika, yabitangaje mu kiganiro yahaye abanyamakuru i Kigali kuri uyu wa 10 Werurwe. Yatangaje ko nyuma yo kwerekwa urukundo n’abanyarwanda benshi cyane mu gitaramo gisoza umwaka wa 2013 cya ‘East African Party’ […]Irambuye

en_USEnglish