Tags : Fidele Ndayisaba

Abasenateri baribaza impamvu igipimo cy’ingengabitekerezo kitari guhinduka

*John Rucyahana avuga ko itahita iva mu banyarwanda kuko bayicengejwemo igihe kinini Kuri uyu wa 27 Ukwakira, Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge yamurikiye Abasenateri raporo y’ibikorwa byayo mu mwaka wa 2015-2016, inagaragaza ibyo iteganya kuzakora muri 2016-2017. Abasenateri bari bamaze kugaragarizwa ko ingengabitekerezo ya Jenoside ikiri ku gipimo cya 25%, bibajije impamvu iyi mibare itigeze ihinduka […]Irambuye

Uvuye mu Ntara akagera i Kigali ngo ntashaka kuyivamo

Bimwe mu byavuye mu ibarura rusange ryo muri 2012 byerekanye ko uko imyaka ihita indi igataha ari ko abaza gutura mu mujyi wa Kigali bakomeza kwiyongera, abawuvamo bajya gutura mu bindi bice by’u Rwanda ni bacye. Kugeza ubu umujyi wa Kigali utuwe n’abagera kuri 1,132,686; Akarere ka Gasabo niko gatuwe cyane muri uyu mujyi, kikubiye […]Irambuye

Impanuka zihitana abantu zose ziterwa n’umuvuduko mwinshi – Min Harerimana

Kuri uyu wa gatatu tariki 13 Kanama Polisi y’u Rwanda yatangije ukwezi kwahariwe gukumira impanuka zo mu muhanda mu mujyi wa Kigali, ku nsanganya matsiko igira iti “ Impanuka zaakumirwa, itwararike”. Ministre w’umutekano mu gihugu Sheikh Musa Fazil Harerimana yavuze ko impanuka zose zihitana ubuzima bw’abantu ziterwa n’umuvuduko ukabije. CP Rumanzi George, wo mu ishami […]Irambuye

en_USEnglish