Tags : Emmanuel Rubona

APR FC ubu niyo ifashe umwanya wa mbere, itsinze Mukura

APR FC ubu niyo ifashe umwanya wa mbere wa shampionat by’agateganyo nyuma yo gutsinda Mukura Victory Sports iyisanze i Huye kuri stade yayo, umukino wa mbere ukomeye Mukura yari yakiriye kuri stade nshya. Rayon Sports yari kuguma ku mwanya wa mbere iyo itanganya na AS Kigali kimwe kuri kimwe, ni mu mikino y’umunsi wa 17 […]Irambuye

Kiyovu byayinaniye, amateka mabi imbere ya APR yakomeje (AMAFOTO)

Nyamirambo – Ku mukino w’ikirarane w’umunsi wa cumi wa shampiyona urangiye APR FC yongeye gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0 byinjiye mu minota icyenda ya nyuma. Kiyovu Sports yariho igerageza kuvanaho amateka mabi yo kudatsinda APR mu myaka 10 ishize, byayinaniye. Kiyovu Sports yakiriye APR FC kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. Umukino watangiye amakipe yombi […]Irambuye

Swaziland: Mbabane Swallows yatsinze APR FC

Mu irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa APR FC yatsindiwe muri Swaziland n’ikipe yaho ya Mbabane Swallows igitego kimwe ku busa. Ni mu mukino ubanza muri iki kiciro. Mbabane yakiriye uyu mukino yari yawiteguye bikomeye ndetse yashyiriweho intego z’amafaranga menshi mu gihe izabasha gusezerera APR FC. Mu gice cya mbere ikipe yari imbere […]Irambuye

Uwahoze ari umuzamu wa Rayon yabonye akazi ko gutoza aba

Alexis Mugabo ubu niwe mutoza mushya w’abazamu wa APR FC aje gusimbura Ibrahim Mugisha wari uhamaze igihe kinini ubu wagiye mu ikipe y’igihugu Amavubi. Alexis Mugabo umwaka ushize yatozaga Isonga FC umwaka ushize, yafashe uyu mwanya mu gihe benshi bibazaga ko ushobora kuba ugiye guhabwa Jean Claude Ndoli wari umaze iminsi ameze nk’ubyimenyereza ariko kandi […]Irambuye

Uwatozaga Academy ya APR ashobora kugirwa umutoza mukuru

Emmanuel Rubona ashobora kugirwa umutoza mukuru wa APR FC agasimbura abatoza Dule Dusan na Vincent Mashami baherutse kuva muri iyi kipe y’ingabo. Rubona yari asanzwe ari umutoza wa Academy y’abato ya APR FC. Amakuru agera k’Umuseke aravuga ko uyu mutoza Rubona aza kuba agizwe umutoza mukuru w’agateganyo mu gihe ikipe igishakisha undi wo ku rwisumbuyeho. […]Irambuye

en_USEnglish