Tags : Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo

Ubundi kwigisha ntabwo ari ubucuruzi…- Min Musafiri

*Hon Ntawukuriryayo we ngo abona byicwa n’itegeko rigenga amashuri makuru… Minisitiri w’Uburezi, Dr Musafiri Malimba Papias avuga ko muri iyi minsi uburezi bwo mu mashuri makuru na za kaminuza byigenga bwahindute ubucuruzi, akavuga ko bidakwiye kuko intego yo kwigisha ari ukuzamura ireme ry’umuryango mugari (ibyo yise ‘Social Motive’). Mu biganiro byo gusobanurira Abasenateri bagize Komisiyo […]Irambuye

Perezida wa Senat y'u Rwanda yeguye. IMPAMVU….

17 Nzeri 2014 – Kuri uyu mugoroba mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe wa Senat bakiriye ubwegure bwa Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo wari umuyobozi w’inteko ishinga amategeko umutwe wa Senat. Ni mu gihe hari hateganyijwe inama idasanzwe yari yateranyije abasenateri. Dr Ntawukuriryayo ngo yeguye kuri iyi mirimo ku mpamvu ze bwite. Muri Senat hateraniye inama […]Irambuye

Icyegeranyo: Abanyarwanda 48 mu 100 ntibazi akamaro k’Inteko

Mu cyumweru gishize umuyobozi w’umutwe wa Sena mu Rwanda Dr Jean Damascène Ntawukuriryayo yavuze ko abanyarwanda bataramenya akamaro k’Inteko ishinga amategeko. Kuva kuwa kane w’icyumweru gishize Umuseke wabajije ikibazo kimwe abanyarwanda 100 b’ingeri zitandukanye b’ahantu hatandukanye; “Uzi akamaro k’Inteko Ishinga Amategeko?”. Abantu 48 ntabwo bazi akamaro kayo, 31 bavuga akamaro kayo bazi, 21 ntacyo bashatse kuvuga. […]Irambuye

en_USEnglish