Tags : Djihad Bizimana

Nizar Kanfir afitiye icyizere abasore be ko bazasezerera Yanga

APR FC na Yanga Africans, zakoze imyitozo ku mugoroba wo kuri uyu wa kane zitegura umukino ugomba kuzihuza kuwa gatandatu muri CAF Champions League. Imihigo ni yose ku mpande zombi. Umutoza wa APR FC ngo afitiye icyizere abasore be. Umuseke waganiriye n’umutoza wa APR FC, Nizar Kanfir atubwira aho ageze yitegura uyu mukino. Nizar Kanfir […]Irambuye

BREAKING: Djihad Bizimana amaze gusinya muri APR FC

Updates (12h30 PM): Ahagana saa tanu z’amanywa kuri uyu wa gatanu Djihad Bizimana agaragaye asohoka mu bunyamabanga bw’ikipe ya APR FC. Amakuru amwe aravuga ko yaba amaze gusinya muri iyi kipe y’ingabo. Nyuma gato amakuru yageze k’Umuseke ni uko uyu mukinnyi ukomoka I Rubavu yari amaze gusinya amasezerano yo gukinira APR FC. Kugeza ubu ubuyobozi […]Irambuye

Peace Cup: Rayon Sports yageze kuri Final

Mu mukino wo kwishyura waberaga kuri stade ya Kicukiro kuri uyu wa kabiri nimugoroba warangiye iyi kipe y’i Nyanza itsinze Isonga FC 4 – 0 ihita ijya ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro itsinze ku giteranyo cy’ibitego bitandatu kuri kimwe mu mikino yombi. Itegereje kuri Final hagati ya APR FC na Police FC izatsinda ejo. […]Irambuye

Rayon yaraye rwantambi kuri ‘Reception’ ya Hotel itegereje indege

Ingaruka zo kutamenyeshwa ko umukino uzahuza Rayon Sports na Zamalek wimuriwe ku cyumweru ziri kugera ku bakinnyi. Ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 12 Werurwe rishyira uyu wa gatanu, abakinnyi ba Rayon baraye rwantambi bagandagaje kuri reception ya Hotel bategereje indege ibajyana El Gouna aho bazakinira kuko nta bushobozi bwo kujya muri Hotel ikipe […]Irambuye

en_USEnglish