Tags : Democratic Green Party of Rwanda

F. Habineza atanze ibisabwa ngo abe Kandida. Ngo yizeye gutsinda

*Frank Habineza nta karita y’itora afite *Yaretse ubwenegihugu bwa Suede ngo abashe kwiyamamaza Kimihurura – Saa yine n’igice muri iki gitondo yari ageze kuri Komisiyo y’amatora azanye inzandiko z’ibisabwa ngo yemererwe kuba Umukandida woherejwe n’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR). Bimaze kwakirwa yatangaje ko yumva afite ikizere kingana na 51% cyo gutsinda amatora y’umukuru […]Irambuye

F. Habineza ngo yishimira ko ‘Ndi Umunyarwanda’ yagabanyije umureego yazanye

*Avuga ko ishyaka rye ntawe riheza, ngo ririmo bose, ati “Ni indorerwamo y’igihugu cyose” *Ngo ‘Green Party’ ntishobora gukorana n’imitwe ishyigikiye/ihembera ingengabitekerezo ya Jenoside Umuyobozi w’ishyakariharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Dr Frank Habineza avuga ko yishimira kuba gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yarahinduye isura kuko uko yatangiye ishyirwa mu bikorwa yumvikanagamo kugereka ibyaha ku […]Irambuye

Green Party yasabye Urukiko guhagarika Komisiyo yashyizweho yo kuvugurura Itegeko

*Ijambo ‘NTA NA RIMWE’ rigaragara mu ngingo y’ 101 rifite icyo risobanuye; ngo ni kirazira” *Mu bihugu duturanye; aho manda zahinduwe ibintu ntibyagenze neza” *Itegeko Nshinga ntirishyirirwaho umuntu; rishyirirwaho Repubulika” *Uruzitiro bashyize kuri iyi ngingo (101); uyu munsi si bwo bifuje ko rwagwa” *Izi ngingo (101 na 193) zirasobanutse keretse uwazisobanura abiganisha mu nyungu ze. […]Irambuye

Urukiko rw’Ikirenga ruhaye agaciro ikirego Green Party iregamo Leta y’u

*Green Party irega Leta y’u Rwanda gukora ibikorwa bigamije guhindura itegeko nshinga, *Ivuga ko ingingo ya 101 ibuza umukuru w’Igihugu kurenza manda ebyiri ari ‘Ntayegayezwa’, *Ihakana yivuye inyuma ko ingingo ya 193 y’Itegeko Nshinga idateganya ivugururwa ry’ingingo ya 101, *Green Party isaba ko habaho gusobanura byimbitse ingingo ya 101 n’iya 193 z’itegeko Nshinga. *Abunganira Leta […]Irambuye

Mu kwiregura ‘Leta’ yavuze ko Green Party itazi icyo ishaka

Mu rubanza Ishyaka riharanira Demokarasi no kubungabunga Ibidukikije Green Party riregamo Leta y’u Rwanda gushaka guhindura Itegeko Nshinga kugira ngo Perezida Kagame azongere kwiyamamariza umwanya wo kuyobora u Rwanda; kuri uyu wa 29 Nyakanga umwe mu ntumwa ziburanira Leta yavuze ko iri shyaka ritazi icyo rishaka kuko icyo bita ikirego kitari gikwiye kuzanwa mu rukiko. […]Irambuye

en_USEnglish