Tags : De Gaule

Abakinnyi 11 bitwara neza muri shampiyona ariko batahamawe mu Amavubi

Ku wa mbere Johnny McKinstry, umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi yatangaje abakinnyi 23 batangiye kwitegura umukino n’ikipe ya Libya mu majonjora y’ibanze yo gushaka ticket y’igikombe cy’Isi cya 2018. Abakinnyi 23 bahamagawe n’umutoza Johnny, harimo bamwe bizwi ko bafite ibibazo by’imvune. Ubwo itangazamkuru ryamubazaga impamvu, yavuze ko abo yahamagaye bose, umukino wa Libya uzagera […]Irambuye

Ubu Rayon Sports iyobowe na Gacinya Denis nyuma yo kwegura

Nyuma yo kwegura kwa Ntampaka Theogene, Ikipe ya Rayon Sports kuri iki cyumweru mu nama rusange yashyizeho ubuyobozi bushya bukuriwe na Perezida mushya Gacinya Denis. Olivier Gakwaya wari warasezeye yongeye kugaruka aba umunyamabanga w’iyi kipe y’i Nyanza. Azaba yungirijwe na Visi Perezida wa mbere Martin Rutagambwa, Visi Perezida wa kabiri Fredy Muhirwa naho Umunyamabanga Mukuru […]Irambuye

McKinstry yahawe akazi na FERWAFA atagira ibyangombwa byo gutoza

25 Gicurasi 2015- Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatanze akazi ku mutoza w’ikipe y’igihugu  Amavubi adafite ibyangombwa yasabwaga nk’uko byari mu itangazo risaba akazi, umutoza Jonathan McKinstry agiye gusubira i Burayi gukomeza amasomo ya UEFA Pro Licence. Mu itangazo ryaraye ritanzwe  na FERWAFA rivuga ko ubwo bahaga akazi Jonathan McKinstry ngo atoze ikipe y’igihugu […]Irambuye

en_USEnglish