Tags : David Cameron

David Cameron yashimye uko u Rwanda rukoresha inkunga z’amahanga

 David Cameron wabaye Minisitiri w’Intebe w’UBwongereza ku wa gatatu yavuze ko bikorwa by’umuryango ayoboye urimo ushakisha inkunga yo kubaka stade ya cricket mu Rwanda (Rwanda Cricket Stadium Foundation), ashima cyane uko u Rwanda rutera imbere anasaba abashidikanya ko inkunga batanga itagira akamaro baza kurebera mu Rwanda. Yavuze ko hari Abanyarwanda benshi bifuza kuba ibihanganjye mu mukino […]Irambuye

UK: Theresa May asigaye ari wenyine mu bahatanira gusimbura David

Andrea Leadsom wahataniraga kuyobora ishyaka ryaba Conservative Party no gusimburia David Cameron ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe w’U Bwongereza, yamaze kuvanamo kandidatire ye avuga ko nta bushozi bwo kuyobora iri shyaka afite. Ibintu byahise biha amahirwe Theresa May bari bahanganye yo kuzahita aba Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza. Madame Leadsom usanzwe ari Minisitiri ushinzwe ingufu yasize uwo […]Irambuye

UK: Cameron yeguye nyuma y’uko Abongereza bahisemo kuva muri EU

*Ifaranga ry’igihugu  (pound) ryahise rita agaciro nyuma y’amatora *Minisitiri w’Intebe w’U Bwongereza yavuze ko azayobora mu mezi atatu ari imbere akazegura mu Ukwakira 2016. *Igihugu cya Scotland na cyo cyaciye amarenga ko gishobora kwikura mu Bwami bw’Abongereza. Minisitiri w’Intebe w’U Bwongereza David Cameron ari kumwe n’umugore we Samantha, yavuze ko yamaze kubwira Umwamikazi Elizabeth II […]Irambuye

Bishop Rucyahana asanga ifatwa rya Gen Karake ari agasuzuguro ku

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyateguwe na Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge cyari kigamije gukomeza guhumuriza Abanyarwanda ngo ntibaterwe ubwoba n’ibyo amahanga akomeje kugenda akorera u Rwanda, Bishop Rucyahana John, Perezida w’iyi komisiyo yavuze ko gufata Gen Karenzi Karare ari ugasuzuguro no gushesha agaciro Abanyarwanda. Rucyahana yavuze ko komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) ifite mu nshingano kwamagana akarengane n’ibitesha agciro Abanyarwanda, […]Irambuye

Burundi: Abadashyigikiye Nkurunziza biringiye inama y’Abakuru b’ibihugu bya EAC

Abatavuga rumwe na Perezida Pierre Nkurunziza w’Uburundi bahisemo kwikura mu matora y’Umukuru w’igihugu, n’ayinzego z’ibanze mu gihe ibyo basaba byo kureka indorere, gufungura ibitangazamakuru byigenga byaba bidakozwe, baravuga ko bizeye ko inama y’abakuru b’ibigu bya Africa y’Iburasirazuba (EAC) y’ejo ku wa gatandatu izabafasha kotsa igitutu Nkurunziza, bigishidikanywa niba azayitabira. Abanyepolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi buriho mu […]Irambuye

en_USEnglish