Tags : Cote d’Ivoire

Ivory Coast: Uwari Minisitiri w’Intebe yagizwe Visi Perezida, Guillaume Soro

Perezida wa Cote d’Ivoire/Ivory Coast Alassane Ouattara yagize uwari Minisitiri w’Intebe weguye ku wa mbere, Daniel Kablan Duncan, Visi Perezida. Kablan Duncan yeguye ku wa mbere nka Minisitiri w’Intebe nyuma y’aho ihuriro ry’amashyaka yishyize hamwe rya ‘RHDP Coalition’ rigize ubwiganze bw’amajwi mu Nteko Nshingamategeko. Umwanya wa Minisitiri w’Intebe washyizweho mu Itegeko Nshinga rishya ryemejwe muri […]Irambuye

Amagare: Abakinnyi 6 bagiye mu isiganwa rizenguruka Côte d’Ivoire

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki 22 Nzeri 2016, ikipe y’igihugu isiganwa ku magare, Team Rwanda, ifashe indege ijya mu burengerazuba bwa Afurika, mu isiganwa rizenguruka igihugu cya Côte d’Ivoire. Rizatangira tariki ya 24 kugera 30 Nzeri 2016. Ikipe y’abakinnyi batandatu (6) bagiye muri Côte d’Ivoire ni Gasore Hatageka, Tuyishimire Ephrem, Ruhumuriza Abraham, […]Irambuye

Ndota kubona Côte d’Ivoire na Abidjan bisukuye nka Kigali –

Nyuma yo kwitabira inama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe yaberaga i Kigali kuva tariki 10-18, Perezida wa Côte d’Ivoire Alassane Ouattara ngo yatangaje cyane n’isuku yasanganye Umujyi wa Kigali, ndetse ngo ayifuza mu mujyi wa Abidjan. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku kibuga cy’indege Félix Houphouët Boigny de Port Bouët akigera muri Côte d’Ivoire mu ijoro ryo […]Irambuye

Amavubi afunguye CHAN 2016 atsinda 1-0. Umukino wari ku rwego

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame wafunguye amarushanwa, kuri Twitter ye, yatangaje ko “Yishimiye umukino w’Amavubi.” Yongereho ko “hari ibyo kunoza kandi ko bishoboka.” Ni nyuma y’umukino Amavubi yatsinzemo Inzovu za Cote d’Ivoire igitego kimwe ku busa kuwa gatandatu hafungurwa irushanwa CHAN. Amavubi muri rusange yakinnye umukino wo kwihagararaho, Cote d’Ivoire nayo nubwo yakinnye neza  yabonye […]Irambuye

en_USEnglish