Tags : #COP21

Paris: Ibihugu byiyemeje kugabanya ubushyuhe bw’Isi ho 2°C

*Ibihugu bikize byiyemeje gutanga inkunga ya miliyari 100 z’amadolari mu gufasha guhangana n’ingaruka z’ibihe, *Amasezerano yasinywe ni ingenzi ariko hari impungenge z’uko azashyirwa mu bikorwa, *Ibihugu byiyemeje kugabanya ubushyuhe bw’Isi ho degre Celcius 2 (2°C). Kuri iki Cyumweru abahagarariye ibihugu 195 bari bateraniye i Paris mu Bufaransa baraye bashyize umukono ku masezerano mpuzamahanga asobanura uburyo […]Irambuye

Paris: Gahunda z’u Rwanda zose zizirikana ibidukikije – Min.Biruta

Mu nama mpuzamahanga igamije gushakira umuti ikibazo cy’ihindagurika ry’ibihe irimo kubera i Paris mu Bufaransa, Minisitiri w’umutungo kamere Dr Vincent Biruta yagaragarije isi ko u Rwanda muri gahunda zarwo z’iterambere zose rudasiga inyuma ibidukikije. Mu biganiro ku mushinga mwiza uba wemerewe inkunga n’ikigega mpuzamahanga kigamije kurengera ibidukikije “Green Climate Fund (GCF)”; Minisitiri yagaragaje bimwe mubyo […]Irambuye

Africa ikeneye ijwi rimwe mu nama y’i Paris ngo idatsikamirwa

Kuba Afurika yohereza 4% by’ibyuka bihumanya ikirere ariko niyo igerwaho n’ibyago biterwa nabyo(ibyuka), niyo mpamvu ngo uyu mugabane ukeneye kugira ijwi rimwe kugira ngo wivuganire bityo abawutuye bo kuba ibitambo by’ibihugu bikomeye bihumanya ikirere. Mu nama y’isi yiga ku mihindagurikire y’ikirere yatangiye kuri uyu wa mbere i Paris, u Rwanda ruhagarariweyo na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, […]Irambuye

en_USEnglish