Tags : Cecile Kayirebwa

Kayirebwa yongeye kwerekana umwihariko wa muzika y’u Rwanda

Mu ijoro ryakeye Cecile Kayirebwa yakoreye igitaramo muri Milles Collines, igitaramo gihebuje ubwiza bw’umuco w’u Rwanda mu ndirimbo. Yataramiye abantu babarirwa kuri 300 yari yateganyije benshi bagaragaza ko bishimiye cyane, wari umwanya kandi wo kubamurikira Album ye nshya. Kayirebwa ni umuhanzi mukuru mu bakiriho wamamaye cyane mu Rwanda kuva mu myaka 30 ishize, izina rye […]Irambuye

Inkingi 5 za muzika nyarwanda ya kera n’iya none

Ibintu byose ni uruhererekane,  nta kivumburwa gishya muri iyi myaka cyane cyane mu muziki. Usibye ibyateye bimwe utamenya n’iyo byaturutse, umuziki NYARWANDA wo mu myaka ishize ndetse n’uw’ubu ushingiye ku w’igihe gitambutse. Umuseke ubona inkingi eshanu z’abahanga mu buhanzi umuziki wabo watanze umurongo ukigenderwaho na none. Indirimbo nyarwanda uzisanga mu bice nka bitanu; Hari iz’ibyishimo n’urukundo, […]Irambuye

Kayirebwa yongeye gusohora indirimbo zijyanye no kwibuka

Nyuma yo kugaruka mu Rwanda, umuhanzi Cecile Kayirebwa mu nararibonye n’inganzo ikundwa na benshi afite agiye gusohora umuzingo w’inzidirimbo (album) wa karindwi uriho indirimbo ahanini zitanga ubutumwa bwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ku ncuro ya 20. Uyu muzingo yise “Imyaka 20 ishize” iriho indirimbo zirindwi (7) yahimbye mbere, muri cyangwa nyuma ya Jenoside yo […]Irambuye

Amafoto: igitaramo gihebuje cya KAYIREBWA i Kigali

Kicukiro – Nyuma y’imyaka irenga 25, Cecile Kayirebwa wamamaye cyane mu muziki mu Rwanda, umuhanzi ariko uba mu Ububiligi, yaraye ataramiye abanyarwanda. Bitandukanye n’ibindi bitaramo bimenyerewe mu Rwanda, mbere gato ya saa moya z’umugoroba wo kuri uyu wa 16 Werurwe abantu bari bamaze kwitahira igitaramo cyarangiye kandi banyuzwe cyane. Kayirebwa yizihizaga isabukuru y’imyaka 30 amaze […]Irambuye

en_USEnglish