Tags : CAR

CAR: 36 barimo abari mu butumwa bw’amahoro biciwe mu gitero

Igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyari kigambiriye kwivugana abo mu idini ya Islam mu mugi wa Bangassou muri Repubulika ya Centre Africa cyahitanye abasivile 30 n’abasirikare batandatu bari mu butumwa bw’amahoro muri iki gihugu. Ingabo z’umuryango w’abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Centre Africa MINUSCA ziratangaza ko nyuma y’iki gitero cyagabwe mu mugi wa […]Irambuye

CAR: Abasirikare b’u Rwanda bambitswe imidari y’ishimwe

Kuri uyu wa kane tariki 22 Nzeri, abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Central African Republic bambitswe imidari bashimirwa ubunyamwuga, discipline, no gukora neza akazi bashinzwe n’umuryango mpuzamahanga. Imidari Ingabo z’u Rwanda (Rwabatt3) ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye “United Nations Multidimensional Integrated Stabilisation Mission in Central African Republic […]Irambuye

en_USEnglish