Tags : Burera

Burera: Abonerwa n’imbogo barasaba ko batasiragizwa mu kwishyuza ubwone

*Mu kigega gishinzwe kwishyura abonewe n’inyamaswa bavuga ko iyo amakuru yatanzwe kare bitamara iminsi 30 umuturage atarishyurwa. Abaturage bo mu mirenge ya Gahunga na Rugarama mu karere ka Burera bavuga ko imbogo zimena uruzitiro rukikije ishyamba rya Pariki y’Ibirunga zikaza kubonera, ariko ngo bitewe n’inzira kwishyuza ubwone bicamo, ngo bamwe bageraho bakareka indishyi bari guhabwa […]Irambuye

Burera: Inanda n’Urusimba bibangamiye abahinzi b’ibirayi

*Inanda (abahinzi bayita inandi) ngo ifitanye isano n’imihindagurikire y’ibihe, *Muri Burera nta bundi buryo bayirwanya uretse gushakisha mu butaka aho yariye ikirayi, *Barasaba ko imbuto yajya ibagereraho igihe kuko basigaye bahinga batanguranwa n’imvura. Imihindagurikire y’ikirere izana ibyayo, abatuye Burera bemeza ko mbere batajyaga bahura n’ikibazo mu buhinzi, haba ubushyuhe cyangwa izindi ndwara zifata ibihingwa, ubu […]Irambuye

Burera: Kwigira kuri mudasobwa byafashije abana biga ku ishuri ribanza

 Nyuma y’imyaka itandatu ishize ishuri ribanza rya Kirambo riri mu karere ka Burera mu cyaro cya kure, rigejejweho gahunda ya mudasobwa kuri buri mwana (One Laptop per Child), abarimu bavuga ko iyi gahunda yazamuye imyumvire y’abana kuburyo idatandunye n’iy’abo mu mujyi, n’ubwo modem ibafasha kwiga Icyongereza n’ibindi igiye kumara amezi umunani idakora. Umulisa Claudine umwarimu […]Irambuye

Burera: Umuforomo yabuze nyuma yo ‘gufasha’ umukobwa gukuramo inda

Kuri iki cyumweru Police y’u Rwanda, ku bufatanye n’abaturage bo mu murenge wa Cyeru, yataye muri yombi umukobwa ukekwaho gukuramo inda abifashijwemo n’umuforomo wo ku kuri centre de Sante ya Ndongoozi mu murenge wa Cyeru. Uyu muforomo akaba yahise abura amenye ko ari gushakishwa. Saveline Nyirasengesho, Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Ndongoozi yabwiye Umuseke ko Dusabimana […]Irambuye

Gicumbi: Urubyiruko 130 rw’abasigajwe inyuma n’amateka ruri mu ngando

Imyumvire niyo ibanziriza imigirire, iyo umuntu afite imyumvire yo ku rwego rwo hasi aho kumufasha mu byo akora wabanza kumuhindura imyumvire, ni mu rwego nk’uru abasore n’inkumi 130 bo mu miryango y’abasigajwe inyuma n’amateka mu turere twa Gicumbi, Burera na Musanze bagenewe amahugurwa agamije guhindura imyumvire yabo, yatangiye kuri uyu wa 29 Nyakanga i Gicumbi. […]Irambuye

en_USEnglish