Tags : Brexit

Abadepite b’I Burayi bagiye kuza kwiga UBURINGANIRE mu Rwanda

Uhagarariye Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda, Amb. Micheal Ryan kuri uyu wa kabiri yatangaje ko mu minsi micye Abadepite bagize Komisiyo y’uburinganire ku mugabane w’Uburayi bazaza mu Rwanda kurebera ku nzura y’u Rwanda mu kuba ruyoboye ibindi bihugu by’isi mu kwimakaza uburinganire bw’abagore n’abagabo. Amb. Micheal Ryan avuga ko Abadepite umunani (8) bazaturuka i Bruxelles mu […]Irambuye

UK: Guverinoma yanze kamarampaka ya kabiri kuri Brexit

Mu kwezi gushize kwa Kamena, Abongereza binyuze muri kamarampaka batoye kuva mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi byiswe “Brexit”, ariko bamwe ntibanyurwe n’ibyayivuye bagasaba ko isubirwamo, Guverinoma yanzuye ko nta kamarampaka ya kabiri izaba. Nyuma y’amatora ya kamarampaka yo ku itariki 23 Kamena, hari Abongereza batanyuzwe n’ibyayivuyemo, n’abandi bicuzaga impamvu batoye bashyigikira kuva mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi […]Irambuye

UK: Abasaga miliyoni 2 bamaze gusaba ko amatora yo kuva

Umuhanga mu by’ubukungu, Nouriel Roubini avuga ko icyemezo cy’uko Ubwongereza bwavuye mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi gishobora kuba imbarutso y’isenyuka ry’ubwami bw’Ubwongereza ‘UK’ (United Kingdom). Mu nama yiga ku bukungu bw’isi (World Economic Forum) iri kubera mu mugi wa  Tianjin mu Bushinwa, uyu muhanga mu by’ubukundu, Nouriel Roubini yavuze ko abaturage bagomba kwitegura ihungabana ry’ubukungu […]Irambuye

en_USEnglish