Tags : Bosenibamwe

Gicumbi: Gare yamaze kuvugururwa nyuma y’imyaka itatu imirimo itangiye

Bamwe mu batuye mu karere ka Gicumbi bavuga bishimira intambwe bagezeho mu  kubakirwa ibikorwa remezo, birimo Gare  nshya yo mu mujyi wa Byumba, dore ko nyuma yo kuyivugurura bubakiwe n’umuhanda wa kaburimbo uyizenguruka ku buryo imodoka aho zituruka zigera muri gare nta byondo zikandagiyemo. Abaturage bagaruka cyane ku ruhare itangazamakuru ryagize mu kubafasha kumenyekanisha ibibazo […]Irambuye

Gicumbi: Bosenibamwe yasabye abayobozi gukorera ku mihigo bakirinda ‘Gutekinika’

Akarere ka Gicumbi ni hamwe mu hakunzwe kuvugwa ko hari amahirwe y’iterambere haba mu Buhinzi cyangwa Ubworozi, gusa aya mahirwe ntakoreshwa nk’uko byakagombye, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yahwituye abayobozi abasaba  kwisubiraho bakuzuza inshingano bahawe cyangwa bagafatirwa ingamba zikomeye, kandi abasa kwirinda gutekinika. Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru Bosenibamwe Aime, yavuze ko impamvu zose zituma ibintu bitihuta zigomba gukurwaho. […]Irambuye

Musanze: Abagore barashima umusaruro bahabwa n’amakoperative 

Abagore bo mu murenge wa Muko mu karere ka Musanze bavuga ko amakoperative y’ubworozi, ubuhinzi, ububoshyi ndetse n’ubucuruzi amaze kubafasha gutera imbere, bagashishikariza n’abandi gukorera hamwe.  Ibi babitangaje ubwo hasuzumwaga aho ibikorwa by’umushinga FVA wa Actionaid bigamije guteza imbere abagore bigeze bihindura ubuzima bw’abagenerwabikorwa, hari kuri uyu wa mbere tariki 9 Kamena 2015. Abagore bavuga […]Irambuye

Gakenke mu kwezi kw’imiyoborere yakemuye ibibazo byinshi, ni yo yambere

Ku wa gatatu tariki 29 Mata 2015 mu gusuzuma no kurebera hamwe ibyagezweho n’ibitaragezweho mu kwezi kw’imiyoborere, akarere ka Gakenke ni ko kagaragayeho umubare munini w’ibibazo kurusha utundi turere, bigera kuri 275. Muri uku kwezi kw’imiyoborere kurangiye, hibanzwe cyane mu gufatanya gukemura ibibazo by’abaturage, kugaragaza ibibakorerwa, imikoranire na sosiyete sivile, kurwanya ihohoterwa ndetse no kwimakaza […]Irambuye

en_USEnglish