Tags : Bike Aid

Nubwo yatinze kugera mu Budage, Hadi Janvier yatangiye neza

Hadi Janvier nubwo yatinze kujya mu Budage mu Ikipe ya BikeAid kuko yatinze kubona ibyangombwa, aho agereye yo yatangiye kwitwara neza. Tariki 11 Ukuboza 2015, nibwo abasore babiri b’Abanyarwanda bakina umukino w’amagare, Hadi Janvier wabaye uwa 10 muri Afurika muri 2015, na Nsengimana Jean Bosco wegukanye “Tour du Rwanda” iheruka basinye amasezerano yo gukinira Stradalli […]Irambuye

La Tropicale Amissa Bongo: J.Bosco Nsengimana ari muri 3 ba

Jean Bosco Nsengimana ubu ukina nk’uwabigize umwuga muri Bike Aid yo mu Budage, ari ku mwanya wa gatatu mu isiganwa rizenguruka Gabon, La Tropicale Amissa Bongo aho arushwa n’uwa mbere iby’ijana 11 gusa, akaba anambaye imyenda itatu ya bimwe mu bihembo bitangwa ku bitwaye neza. Guhera tariki 18 Mutarama 2016, i Libreville ho muri Gabon […]Irambuye

LaTropicale: Team Rwanda ntabwo baje mu ba mbere kuri Etape

Mu irushanwa ribanziriza ayandi ku isi mu ntangiriro z’umwaka rya La Tropical Amissa Bongo muri Gabon ryatangiye kuri uyu wa mbere, muri batanu ba mbere nta mukinnyi wa Team Rwanda wajemo. Iri rikaba ari irushanwa ry’amagare rikomeye kurusha andi muri Africa. Umutaliyani A.Palini niwe waje imbere y’abandi. Umunyarwanda waje hafi ni Camera Hakuzimana wabaye uwa […]Irambuye

en_USEnglish